HAKIZIMANA Maurice Bamwe mu nshuti zawe bagukoresha nk’agakoresho ko kwitabaza gusa igihe babikeneye, binyuze mu cyo…
Category: IMIBANIRE MYIZA N’IKINYABUPFURA
Tangira kwimenya no kwiyitaho,nta we ubikubereyemo
Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Iyi si: yemwe bantu mutangire kujya mwimenya mwiyiteho! Ntawe ubikubereyemo! Ubuzima bwawe ni bwo…
Nigeria ya Tinubu yo yagize ubutwari bwo kwanga kwakira abimukira birukanywe muri US ya Trump
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Nijeriya yashwishwurije Leta zunze ubumwe za Amerika zayisabaga kwakira abimukira iri gushaka kwirukana…
Mu Rwanda: Uyu mugabo ari gusaba indezo z’abana, kandi yiyemeje kubiza icyuya uwahoze ari umugore we
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Kigali-Rwanda: Bwana Didier Semanyenzi arasaba umugore we Moza Massoud ukomoka muri Oman indezo…
Ijambo ryose uvuze uzabiranyijwe n’uburakari risiga igikomere
HAKIZIMANA Maurice Umubyeyi w’umugabo yashatse kwigisha umuhungu we ukunze kuzabiranywa n’uburakari isomo ni uko amuhereza inyundo…
Ikintu cyose kirengeje urugero kiba kibi.Dore ingero zagufasha mu buzima
Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Ikintu cyose kirengeje urugero ni kibi. Umugani wa kera w’Abongereza ugira uti: “Kurenza urugero…
Inkuru y’Inyenzi yagufasha kumenya uko witwara mu buzima
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Turi muri resitora, ku meza. Inyenzi tutazi aho iturutse iba iguye ku…
Kagoma yigisha umuntu uko barera abana neza
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Umunsi umwe, Kagoma yahuye n’umugore ukuriwe wenda kubyara imuha inama z’ingirakamaro kandi…
Liliane Mukabatesi, umunyarwandakazi uba mu Bubiligi yagejejwe mu rukiko ashinjwa kuriganya abagabo bane b’abasaza akayabo kangana na miliyari ebyiri na miliyoni magana inani na mirongo itatu n’umunani na magana cyenda na mirongo itandatu (2.838. 960 .000 frw) ababeshya “urukundo”!
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Yitwa Liliane Mukabatesi, ni umunyarwandakazi utuye mu karere ka Warreme mu Bubiligi.…
Raporo ya 2025 y’Ibyishimo : Ibihugu bifite abaturage bishimye kurusha ibindi muri 2025
HAKIZIMANA Maurice Iyi Raporo ishingiye ku makuru yavuye muri Gallup Global Poll y’abaturage bo mu bihugu…