Paris: urukiko rusesa imanza rwemeje ko nta ruhare Abasirikare b’Ubufaransa bari muri Opération Turquoise bagize muri jenoside yabereye mu Bisesero,Rwanda

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice PARIS: Urukiko rwa Kasasiyo (rusesa imanza) rw’u Bufaransa, ku munsi w’ejo ku…

Ese Amategeko yemera ibyo kwereka itangazamakuru na rubanda amasura n’amadosiye y’akakekwaho ibyaha “bakiri abere”?

Prof HAKIZIMANA Maurice Mu mategeko mpuzamahanga,mu Mategeko y’Akarere k’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba ndetse no mu Mategeko y’u…

VIH/SIDA: Wari uzi ko « ushobora kugira ubwandu butanduza abandi n’iyo utakoresha agakingirizo »? Sobanukirwa icyo I = I bisobanura

Prof HAKIZIMANA Maurice « Ubwandu butaboneka mu bipimo » ni interuro ngufi buri muntu wese akwiriye kumenya…

Itangazo rihuriweho n’Itsinda Mpuzamahanga rishinzwe Guhuza Ibikorwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari (ICG), ku bijyanye n’amasezerano yashyizweho umukono hagati ya RDC na FDLR

HAKIZIMANA Maurice Source: Office of the Spokesperson Ku wa 13 Kanama 2026 Leta Zunze Ubumwe za Amerika,…

Mu Bubiligi: Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bw’Ububiligi akurikiranywe n’ubutabera ku cyaha cyo kwicira umuntu muri Tram 55 y’i Buruseli

Yanditswe na :HAKIZIMANA Maurice Inkuru y’incamugongo yabaye ku wa 23 Nyakanga 2026 muri Tram 55, mu…

Ese muri Mutzig na byeri zindi habamo ibiryo koko?

HAKIZIMANA Maurice Hano hari umukobwa uvuze ko Mutzig harimo ibiryo. Ese nibyo? Ese koko muri Mutzig…

Inkuru zidasanzwe z’ubuzima bw’abakuru b’ibihugu 10: bakoraga iki mbere yo kuba ba perezida?

Mwalimu :HAKIZIMANA Maurice Kuba Perezida wa Repubulika ni umwe mu myanya ikomeye kandi y’icyubahiro abantu benshi…

Forbes yatangaje ko Elon Musk ari we muntu wa mbere ugeze ku mutungo wa tiriyoni y’amadolari ku isi

Auteur: HAKIZIMANA Maurice Ku wa Gatanu, ikinyamakuru cy’ubukungu cyo muri Amerika Forbes cyatangaje ko Elon Musk abaye…

Hervé Bayingana Muhirwa,umunyarwanda w’Umubiligi wari umaze imyaka10 muri gereza kubera ibyaha by’iterabwoba by’i Buruseli byo muri 2016 yarangije igifungo cye.

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Ibitero by’iterabwoba byo ku wa 22 Werurwe 2016 i Buruseli ni ibitero…

U Rwanda na Kongo-Kinshasa byiyemeje kubahiriza vuba na bwangu amasezerano y’amahoro y’i Washington.

Byanditswe na :HAKIZIMANA Maurice Amasezerano ya Washington — Itangazo rihuriweho n’ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za…