Wari uzi ko “kubeshya” iyo bibaye ingeso bihinduka “indwara”ikomeye?

Mwarimu HAKIZIMANA Maurice Isomo rya Psychanalyse: Wari uzi ko “kubeshya” iyo bibaye ingeso bihinduka “indwara”ikomeye? Wari…

Raporo ya 2025 y’Ibyishimo : Ibihugu bifite abaturage bishimye kurusha ibindi muri 2025 

HAKIZIMANA Maurice Iyi Raporo ishingiye ku makuru yavuye muri Gallup Global Poll y’abaturage bo mu bihugu…

Ikiguzi cyo kubyara no kurera: Kuva umwana avutse kugeza ku myaka 25 aba amaze gutwara ababyeyi be 260.000€ ni ukuvuga 405.938 frw

HAKIZIMANA Maurice Ni ubushakashatsi bwakozwe n’ ikigo cy’ubwiteganyirize cyitwa AG cyo mu Bubiligi. Babaze ikiguzi kubyara…

Mu rukundo,habaho aba « sapiosexuels »,ni abantu badakururwa n’uburanga,ahubwo bakururwa n’ubwenge!

Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Ijambo “sapiosexuel” (mu gifaransa) rifitanye isano n’ijambo sapiens ( rivuga umuntu «uzi ubwenge ») mu ki latini,…

Ku rugamba rw’ubuzima bwo mu mutwe: Imbaraga tuzazikura mu byo duhitamo kutemera, ntabwo ari mu byo dushobora kwihanganira

Yanditswe na Dr Patrick Habamenshi Muri iyi si, kwitwa umurwanyi cyangwa intwari akenshi bisobanura kubasha gutsinda inzitizi…

Icyizere cyo kubaho ni iki? Ese mu Rwanda kigeze ku myaka ingahe? Dore icyo ibarurishamibare rigaragaza

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice Mu makuru: Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda Dr.…

Kubabarira: Igikorwa cy’Urukundo cyangwa ahubwo ni Ukwigambanira?

Ubuhamya bwa Dr Patrick Habamenshi Abantu bakunze kuvuga ko kubabarira (gutanga imbabazi) ari igikorwa cy’urukundo,ariko uburyo…

Uko wava mu bucakara bw’urusimbi: Incamake y’igitabo “Played by the game! How to overcome gambling addiction” cyanditswe na Innocent Dubois

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Hari igitabo giherutse gusohorwa n’umwanditsi w’ibitabo Innocent Dubois, mu rurimi rw’Icyongereza cyitwa “Played…

Ni gute wabara IMC/BMI yawe bityo ukamenya ibiro utagombye kurenza ugereranyije n’indeshyo yawe?

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Hari abantu benshi bataramenya uko babara icyitwa IMC (mu gifaransa Indice de…

Ishyano mu Bufaransa: Bwana Dominique Pelicot, w’imyaka 71 yakatiwe n’urukiko ku cyaha cyo guha ibiyobyabwenge umugore we bwite maze agatumaho abagabo basaga 40 bakamufata ku ngufu mu gihe cy’imyaka icumi yikurikiranya.

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Uyu mugore witwa Gisèle Pélicot w’imyaka isaga 60 yafashwe ku ngufu mu gihe…