Ndakubwira ibintu bitandatu wagombye kwitondera mu gushakana n’umugore cyangwa umugabo ufite abana yabyaye ahandi

Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Gushaka cyangwa kongera gushaka,ni ibintu byo kwitonderwa cyane.Ushobora kuba ari bwo uba ugiye…

IBIKOMERE BY’UMUGABO

HAKIZIMANA Maurice   Ni kenshi tuvuga byinshi ku byerekeye abagore (igitsina gore) n’uburyo bagendana ibikomere byinshi, ariko…

Ikibazo ku bakobwa n’abagore: Ni mu yihe myaka biba bigoye cyane kubona umuntu muzakundana mukubakana bya nyabyo?

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Mu bisanzwe bivugwa ko mu myaka 20-29,tubona urukundo ruri hose, kandi ko mu…

Liliane Mukabatesi, umunyarwandakazi uba mu Bubiligi yagejejwe mu rukiko ashinjwa kuriganya abagabo bane b’abasaza akayabo kangana na miliyari ebyiri na miliyoni magana inani na mirongo itatu n’umunani na magana cyenda na mirongo itandatu (2.838. 960 .000 frw) ababeshya “urukundo”!

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice   Yitwa Liliane Mukabatesi, ni umunyarwandakazi utuye mu karere ka Warreme mu Bubiligi.…

Uko wamenya umugore w’umuhanga mu kwifatira umugabo: amayeri amwe abagore bakoresha bakifatira burundu abagabo babo

HAKIZIMANA Maurice KWIFATIRA undi muntu ni ugukoresha amayeri ukamuyobora ku myitwarire yifuza. Kandi iyi nteruro ngo…

Ishyingiranwa riragoye cyane -nyuma y’ibihe by’uburyohe,rambya uhangane n’ukuri utari witeguye!

Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice URUSHAKO ni rwiza iyo ururebeye kure utarurimo, cyangwa iyo ukirwinjiramo,urukundo n’umunezero bigitemba nk’amata…

Gutekerereza mugenzi wawe- niyo ntandaro y’ubwumvikane buke n’amakimbirane mu rushako, mu rukundo no mu mibanire yawe n’abandi

HAKIZIMANA Maurice IBIBAZO byinshi mu rushako, mu rukundo, mu miryango no mu mibanire y’abantu biva mu…

Rukundo urakomeye, Rukundo uri icyigenge, Rukundo uri Bihwahwa

Umwanditsi HAKIZIMANA Maurice Rukundo urakomeye, Rukundo uri icyigenge Rukundo uri Bihwahwa Urukundo rurakujwigiriza nturwikure! Urukundo ruguhitamo nturuhitamo……

Ibyiciro bitatu urukundo n’urushako binyuramo! Urwanyu rugeze he?

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Urukundo n’urushako bica mu bibazo byinshi, ariko iyo ushikamye bigera aho bigatsinda…

Ishyano mu Bufaransa: Bwana Dominique Pelicot, w’imyaka 71 yakatiwe n’urukiko ku cyaha cyo guha ibiyobyabwenge umugore we bwite maze agatumaho abagabo basaga 40 bakamufata ku ngufu mu gihe cy’imyaka icumi yikurikiranya.

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Uyu mugore witwa Gisèle Pélicot w’imyaka isaga 60 yafashwe ku ngufu mu gihe…