HAKIZIMANA Maurice Ku ya 13 Werurwe, abakuru b’ibihugu by’umuryango wa SADC bahuye mu nama idasanzwe yakorewe…
Category: IYI SI-AMAKURU YO MU ISI
AMAKURU YO HIRYA NO HINO
Yamwishe amuziza kumukura muri groupe ya Whatsapp
HAKIZIMANA Maurice Umugabo wo muri Pakisitani ari guhigwa nyuma yo kwica admin (umuyobozi w’itsinda rya )…
Ukraine yarashe umurwa mukuru w’Uburusiya Moscou “mu gitero cya za drone kinini cyane kurusha ibindi byose byabayeho” mu ijoro ryo kuwa mbere tariki 10 bucya ari kuwa kabiri tariki 11/03
HAKIZIMANA Maurice Ukraine yarashe umurwa mukuru w’Uburusiya Moscou “mu gitero cya za drone kinini cyane kurusha…
Paul Kagame yashinje Félix-Antoine Tshisekedi ingengabitekerezo ya jenoside
HAKIZIMANA Maurice Ibyo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yabivugiye mu kiganiro yahaye umunyamakuru Mario…
Turukiya yanze kugurisha intwaro u Rwanda ku ncuro ya gatatu mu mezi atandatu
Yanditswe na : HAKIZIMANA Maurice Ambasaderi Dani Al Ashkar, umuyobozi mukuru wa kampani “PRINCE GROUP INVEST” muri…
Luxembourg yisubiyeho: yiteguye gufatira u Rwanda ibihano mu Nama itaha y’Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi
Yanditswe : HAKIZIMANA Maurice Kuva ku ya 24 Gashyantare 2025, itariki y’inama y’ububanyi n’amahanga y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi…
Iyi si: « Ukwishyira hamwe kw’abanga u Rwanda ntibiduhindura abanyabyaha » – Minisitiri Utumatwishima
By HAKIZIMANA Maurice Mu nyandiko yanyujije ku rubuga rwe rwa X, Utumatwishima yagize ati: « Uko amakuru…
Leta zunze ubumwe za Amerika zahagaritse miliyoni 190 z’amadolari zahaga u Rwanda buri mwaka binyuze muri USAID
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Leta zunze ubumwe za Amerika zahagaritse miliyoni 190 z’amadolari zahaga u Rwanda…
Nyuma yo kugumana miliyoni 240 z’amapawundi,Leta y’u Rwanda iri gusaba ko Ubwongereza buyishyura miliyoni 50 zasigaye kuri ya gahunda yapfuye y’Abimukira
Yanditswe na: HAKIZIMANA Maurice Nyuma yo kugumana miliyoni 240 z’amapawundi Kigali bari gusaba Londres kubishyura amafaranga asigaye…
ESE KOKO ARSENAL YABA YAHAGARITSE KWAMAMAZA NO KWAMBARA « VISIT RWANDA»?
By HAKIZIMANA Maurice Ikipe yo mu Bwongereza muri Premier League ARSENAL niyo ibimburiye izindi mu gufatira ibihano…