
Ikipe yo mu Bwongereza muri Premier League ARSENAL niyo ibimburiye izindi mu gufatira ibihano u Rwanda ihagarika (ntizavugurura) kurwamamaza kubera umutekano muke ngo ruteza mu burasirazuba bwa Kongo DRC (ariko rwo ruvuga ko barubeshyera). ARSENAL yemeza ko hari ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Kongo kandi ko zishinjwa gushyigikira inyeshyamba za M23 no gufata Goma na Bukavu muri Nord/Sud Kivu.
Ku rubuga rwa Arsenal FR kuri X, dusoma ngo:
Iyi nkuru turacyayikurikiranira hafi……

Iyi si

HAKIZIMANA Maurice: II Kunkurikira kuri WhatsApp Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u II Kunkurikira kuri page facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/