MIA na SUN, ni impinja z’impanga zavutse ku wa mbere tariki 22 mata 2024! Nta mama zigira: zifite ababyeyi babiri, umugabo witwa Marco n’undi mugabo witwa Simon!

HAKIZIMANA Maurice Umusitari ukomoka mu majyepfo y’Ubufaransa n’umugabo we Marco Maestri baguye umuryango wabo nyuma yimyaka…

IBIKOMERE BY’UMUGABO

HAKIZIMANA Maurice   Ni kenshi tuvuga byinshi ku byerekeye abagore (igitsina gore) n’uburyo bagendana ibikomere byinshi, ariko…

Liliane Mukabatesi, umunyarwandakazi uba mu Bubiligi yagejejwe mu rukiko ashinjwa kuriganya abagabo bane b’abasaza akayabo kangana na miliyari ebyiri na miliyoni magana inani na mirongo itatu n’umunani na magana cyenda na mirongo itandatu (2.838. 960 .000 frw) ababeshya “urukundo”!

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice   Yitwa Liliane Mukabatesi, ni umunyarwandakazi utuye mu karere ka Warreme mu Bubiligi.…

Raporo ya 2025 y’Ibyishimo : Ibihugu bifite abaturage bishimye kurusha ibindi muri 2025 

HAKIZIMANA Maurice Iyi Raporo ishingiye ku makuru yavuye muri Gallup Global Poll y’abaturage bo mu bihugu…

Umwana w’imyaka 4 yahamagaye Polisi arega mama we wamuririyye ice cream.Abapolisi bahise baza kwakira ikirego!

HAKIZIMANA Maurice Nimero za polisi 911 zakiriye ikirego kidasanzwe ku wa mbere tariki 3/3/2025: Umwana w’umunyamerika…

Mama wawe arakaramba! Ni akabura ntikaboneke

Umwanditsi HAKIZIMANA Maurice Ikiganiro hagati y’umubyeyi n’umuhungu we w’imyaka 25 “Ah mama…..izi saha koko uratinyuka gupfubya ibitotsi…

Mu rukundo,habaho aba « sapiosexuels »,ni abantu badakururwa n’uburanga,ahubwo bakururwa n’ubwenge!

Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Ijambo “sapiosexuel” (mu gifaransa) rifitanye isano n’ijambo sapiens ( rivuga umuntu «uzi ubwenge ») mu ki latini,…

Umubikira uyobora Lycée Busiga mu Burundi aherutse kwirukana burundu mu ishuri abana barindwi kubera bibye avoka zirindwi.

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice Uyu mubikira bita Mama Kanyange Marie Spès nta mpuhwe za kibyeyi na…

Uko wava mu bucakara bw’urusimbi: Incamake y’igitabo “Played by the game! How to overcome gambling addiction” cyanditswe na Innocent Dubois

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Hari igitabo giherutse gusohorwa n’umwanditsi w’ibitabo Innocent Dubois, mu rurimi rw’Icyongereza cyitwa “Played…

Ishyano mu Bufaransa: Bwana Dominique Pelicot, w’imyaka 71 yakatiwe n’urukiko ku cyaha cyo guha ibiyobyabwenge umugore we bwite maze agatumaho abagabo basaga 40 bakamufata ku ngufu mu gihe cy’imyaka icumi yikurikiranya.

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Uyu mugore witwa Gisèle Pélicot w’imyaka isaga 60 yafashwe ku ngufu mu gihe…