Umuhanzi: HAKIZIMANA Maurice “Nzi neza agaciro kanjye” -Umuvugo wa Hakizimana Maurice Sinahombye, reka reka,ahubwo narungutse ; Sinarize…
Year: 2024
NARAKANGUTSE
Umuhanzi:HAKIZIMANA Maurice “NARAKANGUTSE“-Umuvugo wa Hakizimana Maurice Narakangutse navuye mu bitotsi, Nakangutse bunyi bunyi ariko ndakanguka, Namenye…
Idini ryarabangije: Umugabo n’umugore bashinjwe kwica umwana wabo bwite w’imyaka itatu kugira ngo « avuke bundi bushya»!
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Turi Birmingham,mu Bwongereza: Amazina yabo ni Tai na Naiyahmi Yasharahyalah umwana wabo yitwaga Abiyah.…
Mu rukundo,habaho aba « sapiosexuels »,ni abantu badakururwa n’uburanga,ahubwo bakururwa n’ubwenge!
Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice Ijambo “sapiosexuel” (mu gifaransa) rifitanye isano n’ijambo sapiens ( rivuga umuntu «uzi ubwenge ») mu ki latini,…
Uko nasezereye ibyandwaniragamo
Ubuhamya bwa Dr Patrick Habamenshi Mu gukomeza kwigenzura no gusuzuma uko mpagaze mu buzima bwanjye bwo mu…
Iterabwoba: Magdebourg,mu Budage, imodoka y’icyihebe yagonze isoko rya Noheli ryose, imibare y’abapfuye imaze kuba 11 abakomeretse cyane babarirwa hagati ya « 60 na 80 ».
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Byabaye uyu munsi kuwa 5 tariki 20/12/2024. Mu mugi wa Magdebourg,mu Budage,…
Ku rugamba rw’ubuzima bwo mu mutwe: Imbaraga tuzazikura mu byo duhitamo kutemera, ntabwo ari mu byo dushobora kwihanganira
Yanditswe na Dr Patrick Habamenshi Muri iyi si, kwitwa umurwanyi cyangwa intwari akenshi bisobanura kubasha gutsinda inzitizi…
Mayotte,ikirwa cy’Ubufaransa kiri mu nyanja y’Abahinde cyakubiswe n’inkubi y’umuyaga witwa Chido wa 226 km/H.Ubuzima bwahagaze.(Reba amashusho)
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice MAYOTTE-France: Twamenye amakuru ababaje y’inkubi y’umuyaga ugendera kuri 226 km ku isaha…
Habaho imigabane ingahe? Ese wari uzi ko Afurika Aziya n’Uburayi ari umugabane umwe? Menya byinshi kuri iri somo.
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Bamwe bavuga ko hariho imigabane umunani,abandi bavuga ko ari irindwi,abandi bo bati…
Umubikira uyobora Lycée Busiga mu Burundi aherutse kwirukana burundu mu ishuri abana barindwi kubera bibye avoka zirindwi.
Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Uyu mubikira bita Mama Kanyange Marie Spès nta mpuhwe za kibyeyi na…