Idini ryarabangije: Umugabo n’umugore bashinjwe kwica umwana wabo bwite w’imyaka itatu kugira ngo « avuke bundi bushya»!

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Turi Birmingham,mu Bwongereza: Amazina yabo ni Tai na Naiyahmi Yasharahyalah umwana wabo yitwaga Abiyah.…

Iterabwoba: Magdebourg,mu Budage, imodoka y’icyihebe yagonze isoko rya Noheli ryose, imibare y’abapfuye imaze kuba 11 abakomeretse cyane babarirwa hagati ya « 60 na 80 ».

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice Byabaye uyu munsi kuwa 5 tariki 20/12/2024. Mu mugi wa Magdebourg,mu Budage,…

Mayotte,ikirwa cy’Ubufaransa kiri mu nyanja y’Abahinde cyakubiswe n’inkubi y’umuyaga witwa Chido wa 226 km/H.Ubuzima bwahagaze.(Reba amashusho)

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice MAYOTTE-France: Twamenye amakuru ababaje y’inkubi y’umuyaga ugendera kuri 226 km ku isaha…

Umubikira uyobora Lycée Busiga mu Burundi aherutse kwirukana burundu mu ishuri abana barindwi kubera bibye avoka zirindwi.

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice Uyu mubikira bita Mama Kanyange Marie Spès nta mpuhwe za kibyeyi na…

Reba imodoka y’amasiganwa yakorewe mu Rwanda n’abanyeshuri bo muri IPRC Kigali.

Yanditswe na  HAKIZIMANA Maurice Perezida Paul Kagame ari hamwe na Perezida w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wo gusiganwa…

Sergent Gervais Minani umusirikare w’u Rwanda yishe arashe amasasu 68 yose abaturage 5 harimo umwe yarashe amasasu 28

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice  Noi amahano yabereye mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Karambi intara y’Iburengerazuba…

Repubulika iharanira demukarasi ya Kongo yareze Repubulika y’u Rwanda mu Rukiko rushinzwe kubahiriza uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Afurika. Dosiye yakiriwe!

HAKIZIMANA Maurice  Ni inkuru ya VOA: Republika ya demokrasi ya Kongo yitwariye u Rwanda muri sentare…

Umugaba mukuru w’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika yagiranye ikiganiro n’ n’Umugaba mukuru w’ingabo z’Uburusiya

HAKIZIMANA Maurice  Umugaba mukuru w’ingabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika, Jenerali Charles Brown (bakunze kwita C.Q.),…

Guverinoma y’Ubufaransa imaze gutembagazwa. Bavuga ko barakurikizaho perezida E.Macron. Michel Barnier ni we Minisitiri w’intebe umaze igihe gito kurusha abandi bose muri Repubulika ya V

HAKIZIMANA Maurice Abadepite batavuga rumwe na Leta ya Emmanuel Macron bahiritse ubu nonaha guverinoma y’Ubufaransa! Minisitiri…

Ishyano mu Bufaransa: Bwana Dominique Pelicot, w’imyaka 71 yakatiwe n’urukiko ku cyaha cyo guha ibiyobyabwenge umugore we bwite maze agatumaho abagabo basaga 40 bakamufata ku ngufu mu gihe cy’imyaka icumi yikurikiranya.

Yanditswe na HAKIZIMANA Maurice Uyu mugore witwa Gisèle Pélicot w’imyaka isaga 60 yafashwe ku ngufu mu gihe…