DIELLA,MINISITIRI W’AMASOKO YA LETA MURI ALUBANIYA NI I ROBOT IKORESHA UBWENGE BW’UBUKORANO.

Auteur:HAKIZIMANA Maurice

Yitwa Diella,ni umugore mwiza w’uburanga wagizwe Minisitiri muri Albaniya ushinzwe Amasoko ya Leta. Minisitiri w’intebe wa Albaniya bwana Edi Rama yavuze ko Diella ari Minisitiri nya Minisitiri ariko w’iki robot, cyangwa igi Sofiya gikoresha ubwenge buhimbano (IA). Akora amasaha 24/24 iminsi 7/7 ntakiruhuko ajyamo !

👉 Kanda hano ukurikire channel yanjye ya WhatsApp: https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u
👉 Kanda hano ukurikire paji yanjye ya Facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/

Diella,bivuga « Izuba » mu kinyalubaniya. Azajya agenzura itangwa ry’amasoko ya Leta yose!

Diella, ntarya ruswa,ntiyibeshya,wujuje ibisabwa uhabwa ibyo ushaka! Albaniya yifuza kwinjira muri Union européenne (mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi) mu mwaka wa 2030.Irashaka guca ruswa burundu nk’iburayi,no kwihutisha akazi! Diella uyu yambaye imyambaro gakondo ya Albaniya, ni mwiza cyane,aravuga, yakira dosiye, akazisuzuma,we ubwe agateraho kashe(cachet) z’umuriro, ubundi bikikora !

Uramubona ute se Diella?

Iyi si,

Mwalimu HAKIZIMANA Maurice
👉 Kurikira channel yanjye ya WhatsApp: https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u
👉 Kurikira paji yanjye ya Facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/

One thought on “DIELLA,MINISITIRI W’AMASOKO YA LETA MURI ALUBANIYA NI I ROBOT IKORESHA UBWENGE BW’UBUKORANO.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *