Igitekerezo cya Binego bya Kajumba mwene Ryangombe rya Babinga ba Nyundo

HAKIZIMANA Maurice

Binego bya Kajumba mwene Ryangombe rya Babinga mwene Nyundo yabaye aho akura ari umwana w’igihangange cyane. Ubwo buhangange bwe ntibwagombaga kwihishira. Uyu Binego bya Kajumba yakomeje kwibera aho iwabo ariko akomeza no kugenda agaragaza amatwara adasanzwe. Ayo matwara n’ubuhangange bitihishiriye cyangwa ngo bihere yabigaragarije mu bintu bitandukanye.

Reka se umubyara Ryangombe rya Babinga mwene Nyundo azabyukane umuhigo. Yari asanzwe azobereye muri uwo mwuga, yambika impigi ze zarimo iyitwa “Uruciye munsi ntamenya ikiruri imbere”, “Bakosha badahannye”, n’izindi. Akora no ku muhigi we Nyarwambari ngo bajye guhiga.

IINkurikira ku rubuga rwa Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u

Nyiraryangombe, nyina wa Ryangombe, akaba yari yarose inyamaswa z’amayobera muri uwo muhigo, zirimo urukwavu rutagira ishyira ku murizo n’impongo y’impenebere, by’umwihariko zigasozerezwa n’imbogo y’ihembe rimwe yigize ingunge mu ishyamba. Ngo yari yanarose umukobwa wari warohewe mu ishyamba kubera gutwara inda y’indaro. Uwo mukecuru kandi ngo yari “karosi”, agakabya inzozi byahebuje kuko ibyo yarotaga ntakitarasohoraga.

Icyo gitondo yinginga umuhungu we ngo asubike umuhigo, ariko undi aramurahira. Agera n’ubwo atambika umweko we mu bikingi by’amarembo ngo ataharenga kuko cyaziraga, biranga biba iby’ubusa asimbuka urugo aragenda yanga kumva impanuro. Nyiraryangombe muri bwa buhanuzi bwe n’agahinda kenshi ati: “Mwana wanjye ururenze ururenze.” Na Nyarwambari umuhigi we ashyiraho ake undi aranga agera naho yenda kumutera icumu undi aramuhunga.Burya ngo: “Amatwi arimo urupfu ntiyumva” kandi ngo: “Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”.

Yarahuruye arahutera no mu ishyamba rya Rurengamiganyiro arahiga arahiga; yajya kuvumbura akivumburira za nyamaswa z’amayobera nyina yamubwiye. Birumvikana ko no kuzica bitashobokaga kuko ari impiri, icumu n’ibindi bikoresho byose bageragezaga kuzicisha ngo byifungiraga mu biganza. Yaje kuyobera kuri wa mugore wari warohewe muri iryo shyamba abonye akotsi gacumba, agezeyo bigira mu by’urukundo, dore ko ngo uwayobye atayoba rimwe, asize umuhigi we mu muhigo ngo navumbura inyamaswa y’inkazi amubwire.

Ntibyatinze umuhigi we Nyarwambari yavumbuye imbogo y’ihembe rimwe, ayishumuriza za mpigi zose, iyo yoherejeyo yose akabona inzogera irirenga, abonye ko bikomeye imbogo imaze kuzitsemba ajya gutabaza shebuja. Mu kuza n’igihunga cyinshi na za ngeso abyutsemo, agize ngo ariyahura kuri ya mbogo afora umuheto ngo ayikubite umwambi ya mbogo irawugarama, agize ngo ayitere icumu imbogo irarigarama, iramusimbukira imutera ihembe mu nyonga y’itako maze iramukunkumura, imurahira aho bavoma nk’uko nyina yakabivuze imutendeka mu giti cy’umuko ari wo murinzi. “Irya mukuru riratinda ntirihera” kandi “irya mukuru urishima uribonye”. Nyarwambari nta kindi yari gukora, yahagaze ku ka rubanda aratabaza abika Ryangombe.

Umuhungu we Binego bya Kajumba ngo arite mu gutwi, nibwo abwiye nyirakuru kumushakira imishandiko icyenda y’itabi ayitekerera icyarimwe, atumura umwotsi umwe amena umuyonga, afata icumu n’umuheto bya se, afata n’inkota yiruka ajya guhorera se mu rya Rurengamiganyiro. Agezeyo asanga imbogo yivuze yivovose yahindurije! Arayisimbukira ayifata ku gakanu ayishinga icumu mu rwano arayigusha, ayikata igihanga akibambisha ku ka rubanda, yurira wa murinzi amanura umurambo wa se aragenda awuhamba iruhande rw’aho yabambye igihanga cya ya mbogo, ageze mu rugo arivuga arivovota kuko ahoreye se Ryangombe ati:

“Ni njye Binego bya Kajumba mwene Ryangombe rya Babinga mwene Nyundo”, arangije yicara ku ntebe ya se aratwara. Kandi ngo: “Imfura nzima isubira ku izina rya se”. Sijye wahera hahera Binego bya Kajumba na se Ryangombe rya Babinga.

Nkurikira ku rubuga rwa Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u

IYI SI,

Komeza gukurikira uru rubuga rwigisha uzamenya byinshi ukeneye mu buzima bwa buri munsi.
Dukurikire ku rubuga rushya rwa Whatsapp IYI SI  https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u
Dukurikire kuri Youtube kuri IYI SI talk Show https://youtu.be/NbOmqOTZ6yE

Injira muri groupe facebook https://www.facebook.com/groups/565816492326178/?ref=share
Injira muri groupe WhatsApp https://chat.whatsapp.com/CIc4qkwAzWz2Fa0F68JBGk

Mwalimu HAKIZIMANA MAURICE 

Nkurikira ku rubuga rwa Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u

259 thoughts on “Igitekerezo cya Binego bya Kajumba mwene Ryangombe rya Babinga ba Nyundo

  1. Hi there, just became alert to your blog through Google, and found that it’s truly informative. I am gonna watch out for brussels. I will be grateful if you continue this in future. Numerous people will be benefited from your writing. Cheers!

  2. Nice post. I be taught one thing more challenging on different blogs everyday. It is going to all the time be stimulating to learn content material from different writers and practice just a little something from their store. I?d favor to use some with the content material on my blog whether or not you don?t mind. Natually I?ll provide you with a hyperlink in your net blog. Thanks for sharing.

  3. I like the valuable information you supply for your articles. I’ll bookmark your blog and take a look at again here regularly. I am rather certain I’ll learn plenty of new stuff right here! Best of luck for the next!|

  4. I do not even know how I ended up here, but I thought this post was great.I do not know who you are but definitely you are going to a famous blogger if you aren’t already😉 Cheers!

  5. Thank you sharing these types of wonderful posts. In addition, the ideal travel and also medical insurance program can often ease those considerations that come with vacationing abroad. Your medical emergency can soon become extremely expensive and that’s certain to quickly slam a financial stress on the family finances. Putting in place the best travel insurance bundle prior to leaving is definitely worth the time and effort. Cheers

  6. Thank you for some other excellent article. Where else may anyone get that type of information in such an ideal approach of writing? I have a presentation next week, and I am on the look for such info.

  7. XoilacTV – là nền tảng xem bóng đá trực tuyến miễn phí, cung cấp trải nghiệm mượt mà với các trận đấu chất lượng cao và bình luận sôi động, tạo nên điểm đến lý tưởng cho người hâm mộ thể thao.

  8. I have learned some points through your website post. One other subject I would like to mention is that there are numerous games available and which are designed especially for preschool age young children. They incorporate pattern acceptance, colors, animals, and designs. These commonly focus on familiarization rather than memorization. This keeps children and kids occupied without sensing like they are learning. Thanks

  9. Wow, you seem to know alot of about this stuff, but I know more an Abraham than you do (I think….I mean, I do live in America). And your right, if I would have a prez hunting vampires, I would have either Lincoln or Washington. And by the way, Lincoln did not invent the Lincoln Logs!! He lived in a log cabin so whoever made the first Lincoln logs thought it would be a good idea to name them after him.

  10. nice article ave a look at my site “https://www.newsbreak.com/crypto-space-hub-313321940/3799652652916-top-crypto-investments-in-2025-bitcoin-ai-projects-tokenized-assets”

  11. SpookySwap is a next-generation decentralized exchange (DEX) built on the lightning-fast Fantom Opera blockchain. Designed for efficiency, security, and low-cost transactions, SpookySwap empowers users to trade, stake, and earn without relying on centralized intermediaries. Its seamless user experience and robust features make it a key player in the expanding world of decentralized finance (DeFi).

  12. An fascinating discussion is worth comment. I think that you need to write extra on this matter, it may not be a taboo subject however generally persons are not sufficient to speak on such topics. To the next. Cheers

  13. Discover Woofi Finance, the most trusted decentralized exchange for 2025, offering low fees, secure transactions, and seamless crypto swaps. Whether you’re staking or trading, Woofi Finance is the top platform for DeFi users worldwide

  14. Discover the future of decentralized finance with Woofi Finance, a cutting-edge platform for seamless crypto staking and yield farming. Maximize your returns with low fees and high rewards. Join the revolution in DeFi today!

  15. An intriguing discussion is definitely worth comment. I believe that you should publish more on this topic, it may not be a taboo subject but usually people do not discuss these topics. To the next! All the best!!

  16. Greetings! I know this is somewhat off topic but I was wondering if you knew where I could locate a captcha plugin formy comment form? I’m using the same blog platform as yoursand I’m having trouble finding one? Thanks a lot!

  17. Hi my friend! I want to say that this article is amazing,great written and come with approximately all important infos.I would like to peer more posts like this .Feel free to surf to my blog: fscrystal.net

  18. Nice read, I just passed this onto a colleague who was doing some research on that. And he actually bought me lunch because I found it for him smile So let me rephrase that: Thank you for lunch!

  19. I’ll right away grab your rss feed as I can’t find your e-mail subscription hyperlink ore-newsletter service. Do you have any? Kindly let me recognize so that I could subscribe.Thanks.

  20. Aw, this was a very nice post. In thought I wish to put in writing like this moreover – taking time and precise effort to make an excellent article… but what can I say… I procrastinate alot and not at all seem to get something done.

  21. After I originally commented I appear to have clicked the -Notify me when new comments are added- checkbox and now whenever a comment is added I get 4 emails with the same comment. Is there a way you can remove me from that service? Kudos!

  22. I do agree with all of the concepts you have offered in your post. They are very convincing and will definitely work. Nonetheless, the posts are too brief for starters. May you please extend them a bit from subsequent time? Thanks for the post.

  23. No matter if some one searches for his essential thing, therefore he/she wishes to be available thatin detail, therefore that thing is maintained over here.

  24. Hey! I’m at work surfing around your blog from my new iphone 4! Just wanted to say I love reading your blog and look forward to all your posts! Keep up the superb work!

  25. When someone writes an article he/she keeps the thought of a user in his/her brain that how a user can be aware of it. So that’s why this article is amazing. Thanks!

  26. I was suggested this blog by my cousin. I’m not sure whether this post is written by him as no one else know such detailed about my problem. You are wonderful! Thanks!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *