Umwami w’AbaSoga Nyagasani Kyabazinga, William Gabula Nadiope, yarongoye Jovia Mutesi mu birori by’akataraboneka!

HAKIZIMANA Maurice

Igihugu cya Uganda kigizwe n’ibice byinshi bigifite abami gakondo babo kandi ibyo ntacyo bibangamiraho guverinoma ya Uganda iyobowe na Mzee Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa! Mu bwami bushinze imizi twavugamo nk’ubwa Tooro, Bunyoro,Busoga,Rwenzururu n’ubwa Buganda!

Uyu warongoye Mutesi waho ni Umwami w’ubwami bwa BUSOGA (Lusoga: Obwakyabazinga bwa Busoga) bufite ubuso bwa 10,318.1 km2 (3,983.8 sq mi).Ururimi gakondo rwabo bavuga OluSoga hamwe n’ururimi rw’igihugu ari rwo English (Icyongereza).Abaturage be bitwa AbaSoga. Umwami wabo uriho ubu yitwa Kyabazinga William Gabula.Banagira Minisitiri w’Intebe,uwo bafite ubu ni bwana Joseph Muvawala.

Umurwa mukuru wabwo ni umugi wa  Bugembe, hafi cyane ya Jinja (Jinja ikaba umugi wa kabiri mu bunini wa Uganda nyuma ya Kampala). Ubwami bwa Busoga bugizwe n’intara(districts) cumi n’imwe ari zo: KamuliIgangaBugiriMayugeJinjaLuuka, kongeramo inshya zaje zisanga izo ari zo BugweriBuyendeKaliro,Namutumba na Namayingo.

Mu muco wabo,ngo mu ijoro Umwami wabo yarongoreyemo, nta wundi mugabo wemererwa kurarana n’umugore, nta wundi urongora, nta mibonano mpuzabitsina yindi ikorwa ijoro ryose uretse iye gusa!Ku bw’ibyo,abagabo bose barara hasi bonyine ntibegere abagore babo mu rwego rwo guha icyubahiro umwami wabo !

Ese iwanyu,ubwoko bwanyu bugira umwami? Yitwa nde?

Uyu mwami w’u Busoga agire ubukwe n’ijoro ryabwo byiza!

Murare aharyana

IYI SI,
Komeza gukurikira uru rubuga rwigisha uzamenya byinshi ukeneye mu buzima bwa buri munsi.
Dukurikire ku rubuga rushya rwa Whatsapp IYI SI  https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u
Dukurikire kuri Youtube kuri IYI SI talk Show https://youtu.be/NbOmqOTZ6yE
Injira muri groupe facebook https://www.facebook.com/groups/565816492326178/?ref=share
Injira muri groupe WhatsApp https://chat.whatsapp.com/CIc4qkwAzWz2Fa0F68JBGk

HAKIZIMANA MAURICE ni umwarimu w’umwuga (Master II MEEF/Sciences de l’Education/Sciences sociales/Sociologie) Université Catholique de Paris/Sorbonne Université,mu Bufaransa.Wamukurikira kandi kuri : chaîne  ya Whatsapp,  FacebookTwitter na Instagram

166 thoughts on “Umwami w’AbaSoga Nyagasani Kyabazinga, William Gabula Nadiope, yarongoye Jovia Mutesi mu birori by’akataraboneka!

  1. ${ $(” In CBSE class 5 maths textbook, students will basic maths topics like factors, large numbers, HCF and LCM, fractions, divisibility tests, decimals, averages, profit and loss, and many more. Thus, NCERT 5th class maths book solutions becomes a very important article for the students who are seeking help on these topics. In this article, we are helping you with the overview of each chapter given in the NCERT textbook. CBSE Class 10 Mathematics Additional Practice Questions 2024, Download PDF If you are going to download CBSE Sample Paper for Class 5 Maths with Solutions – Mock Paper-1 from Vedantu, you are not going to pay a single penny. You only require access to the portal with your unique username and password and there you go. The entire material is available for free that can be useful for your exam preparation. Thus, this is a simplistic way with which you can avail of the entire study material from Vedantu for free that too as per your ease.
    http://linkcentre.com/profile/brutpocafer1978
    Yes, multiplication and division are at the same level according to the PEMDAS rule. So, without brackets, we do the math from left to right if we are only dealing with multiplication and division. For example, 24 \u00f7 8 \u00d7 2 = 3 \u00d7 2 = 6. Everyone Can Learn Math to the Highest Levels. There is no such thing as a “math” person. Everyone can reach the highest levels they want to, with hard work. The same confusion can also happen with “AS” however, addition and subtraction also have the same precedence and are performed during the same step from left to right. For example, 5 – 3 + 2 = 4 and 5 – 3 + 2 does not equal 0. We start with what is inside the parentheses, so becomes . Let us use PEMDAS to answer the above problem. WYZANT TUTORING 40 multiple choice questions and detailed answers to support test prep, created by US math experts covering a range of topics!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *