Dore uko bigenda isaha ku isaha iyo umaze gupfa,n’isomo ry’ubuzima byaguha hakibona (Hakizimana Maurice)

HAKIZIMANA Maurice UMUNSI umwe,uzapfa,nako twese tuzapfa. Twese. Ibyo byagombye gutuma utekereza neza hakibona ukagira ibyo ukosora…

Bibiliya-igitabo cyihariye (I)

HAKIZIMANA Maurice Kubera ko maze iminsi mbona abantu benshi(cyane cyane abakiri bato) barahagurukiye kurwanya Bibiliya, mfashe…

Amafaranga ashorwa mu ntambara zo muri iyi si buri mwaka akomeje gutumbagira.Soma ibyavuye muri raporo iheruka.

HAKIZIMANA Maurice AMAFARANGA ateganyirizwa ingengo y’imali y’intambara,igisirikare,intwaro n’ibindi bikenerwa mu ntambara(budgets) mu mwaka wa 2021 yari…

“YARAYE RWANTAMBI”(insigamugani): RWANTAMBI NI HE? UWO MUGANI USOBANURA IKI?

HAKIZIMANA Maurice Uyu mugani baca ngo: “Naka yaraye rwantambi cyangwa arasa n’uwaraye rwantambi”,wakomotse kuri Sekayange ka…

Iyi niyo mpanuka y’indege mbi cyane kurusha izindi,abayirokotse bariye abagenzi bapfuye mu minsi 72 bamaze nta butabazi! Biteye ubwoba!

HAKIZIMANA Maurice Turi ku itariki 13 ukwakira 1972,indege itwaye abakinnyi 45 ba Rugby ibavanye muri Uruguay…

“Ubumwe buranuka”: abasekuruza bacu ntibari bakeneye gupimisha ADN kubera ko ‘ubumwe bunuka’.Ndabigusobanurira.

HAKIZIMANA Maurice Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu wizirika ku wundi bafitanye isano batayiziranyehoariko akarenga akamwibohaho;…

Inkuru y’uko muri Suwede hagiye kubera amarushanwa mpuzamahanga yo gukora imibonano mpuzabitsina ryiswe European Sex Championship ni igihuha,ni ikinyoma cyambaye ubusa

HAKIZIMANA Maurice Ibyiswe “European Sex Championship,” ni ukuvuga amarushanwa yo gusambana byeruye ku mugabane w’iburayi ngo…

Abagabo babaye ingume mu isi,ni iyihe nama wagira abagore ?

HAKIZIMANA Maurice BAGORE beza,hari amakuru yatangajwe n’urubuga www.independent.ng avuga ko raporo y’imibare y’abatuye isi yatangajwe na ONU…

Dore inama nagira abakozi bakorera umushahara,mbese abakorera abandi bose

HAKIZIMANA Maurice Za Leta n’amasosiyeti akomeye byishimira kuduha akazi, tugahabwa imishahara buri kwezi,yaba ihagije cyangwa ari…