Menya progéria: indwara yo gusaza imburagihe

HAKIZIMANA Maurice

Yitwa progéria, abaganga bayita nanone syndrome de Hutchinson-Gilford,ikaba indwara mbi cyane idakunze kubaho, ibuza uturemangingofatizo tugenga iby’iyororoka no gukura k’umubiri kwimuka bigatera umubiri w’uyirwaye kugwingira ariko akagaragaza ibimenyetso byo gusaza ku ruhu imburagihe, n’ubusembwa mu maso. Ni indwara itangira kwigaragaraza umwana afite kuva ku mwaka umwe kugera kuri ibiri. Kugeza ubu nta muti wayo nta n’urukingo. Iyi progéria ni nayo kandi abahanga bita «syndrome de Benjamin Button »

Description de cette image, également commentée ci-après

Uyu mwana arwaye  progéria (Ku ifoto hejuru iburyo, ni akaremangingofatizo (noyau) kagenga iby’iyororoka kazima,naho iyo hepfo yayo, ni akamaze kugorama,kubera progéria).

II Kunkurikira ku rubuga rwa WhatsApp  Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u II  Kunkurikira ku ipaji ya facebookhttps://www.facebook.com/professormaurice/

Ibimenyetso by’iyo ndwara

Iyi ndwara yibasira ibitsina byombi. Ibimenyetso byayo bitangira umwana afite hagati y'amezi 18 na 24. Abana bayirwaye bagaragaza ugukura nabi (alopécie), hamwe n'imiterere mibi yo mu maso irangwa n'umutwe muto, urwasaya ruto, n'izuru risongoye cyane kandi ridakomeye. Iyo iyo ndwara igenda ikura itera gusaza imburagihe k'uruhu, iminkanyari, kunanuka (athérosclérose), ndetse n'ibibazo by'umutima n'imiyoboro y'amaraso hakazamo no gupfuka umusatsi. Uyirwara anibasirwa indwara y'imitsi n'igikanka, kandi uburebure bw'abarwayi ntiburenga cm 110 (metero 1 na cm 10)  n'ibiro bye ntibirenga kg 25. Icyakora, mu mutwe ho ntihakorwaho, uyirwaye aba afite ubwenge bwe bwose n'ubushobozi bwose bwo mu mutwe. Ndetse nta n'ibibazo bya kanseri bagira nk'iby'abandi basaza basaza bisanzwe. Ahandi iyi ndwara idakora ni ku myanya ndangagitsina, ho hakomeza gukura nk'uko bisanzwe kandi hagakora neza. Impuzandengo y'icyizere cyo kubaho ni imyaka 13, urupfu rukaza ari ingaruka zo gusaza imburagihe. Bwana Sammy Basso, umutaliyani wari urwaye iyi ndwara we  yashoboye kubaho kugeza ku myaka 28 yose. 

Sammy Basso, wari warabashije gukura akarenza igihe cyagenewe aba barwayi ba progéria yapfuye yujuje imyaka 28!

Sammy Basso, uzwi ku isi hose nk’umurwayi w’indwara yo gusaza imburagihe uruta abandi bose, yapfuye kuri uyu wa 5 Ukwakira 2024 yujuje imyaka 28. Sammy yararambye cyane, kuko yakubye incuro ebyiri (ndetse arenzaho) ku gihe ubusanzwe abandi barwayi bayo barama. Yari kandi umwe mu bantu b’abahanga isi yari ifite, kandi yarangwaga n’icyizere. Incuti ze zanditse zigira ziti  « Sammy yatwigishije twese ko ubuzima, n’ubwo bwaba bwuzuyemo ingorane, bugomba gukomeza kandi tukabubamo twishimye kugeza ku iherezo ».

sammy basso mort italien 28 ans - copie
© DR

Sammy Basso ubwe yakoranaga umwete mu rwego rw’ubuzima,akora ubushakashatsi bwa siyansi kuri iyi ndwara ya progéria kandi yashishikarije benshi kuyihagurukira. Minisitiri w’Intebe w’Ubutaliyani, Giorgia Meloni, yavuze ijambo ashimira umuhate we, ndetse amwita intangarugero mu kwiyemeza,mu kudacika intege mu buzima, no mu kugira icyizere.

Iyi ndwara ntigira umuti n’urukingo, kandi muri rusange abayirwaye babaho hagati y’imyaka 12 na 13 gusa. Abashakashatsi mu bya siyansi no mu buzima bakora amanywa n’amajoro ngo bagere ku muti n’urukingo,cyane cyane uwatuma bakosora uturemangingofatizo tugenga iby’iyororoka, kandi hari icyizere.

sammy basso mort italien 28 ans - copie
© DR

Ni indwara ifitwe n’abantu bake cyane gusa mu isi (bagera mu ijana), kandi Sammy Basso utuvuyemo yari umwe mu bashakashatsi n’impirimbanyi waharaniraga ko ubuzima bw’abarwaye iyi ndwara yo gusaza imburagihe bagira ubuzima bwiza igihe cyose bakiriho.

Iyi si,

HAKIZIMANA Mauricesuivez moi sur whatsapp via channel on WhatsApp: https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2

98 thoughts on “Menya progéria: indwara yo gusaza imburagihe

  1. Hmm is anyone else experiencing problems with the pictures on this blog loading? I’m trying to find out if its a problem on my end or if it’s the blog. Any feedback would be greatly appreciated.

  2. I must express appreciation to the writer for bailing me out of such a difficulty. Just after looking through the search engines and seeing tricks that were not beneficial, I assumed my life was done. Existing without the answers to the issues you’ve fixed as a result of this article is a critical case, as well as those which might have in a wrong way affected my entire career if I had not come across your site. Your personal knowledge and kindness in taking care of all things was crucial. I am not sure what I would’ve done if I had not come upon such a subject like this. I’m able to at this point look forward to my future. Thanks a lot very much for this professional and effective help. I won’t hesitate to endorse your web page to anyone who should have guidelines about this problem.

  3. I’ve been surfing online more than three hours today, yet I never found any interesting article like yours. It’s pretty worth enough for me. In my opinion, if all web owners and bloggers made good content as you did, the web will be much more useful than ever before.

  4. The subsequent time I read a blog, I hope that it doesnt disappoint me as much as this one. I imply, I know it was my option to learn, however I truly thought youd have something interesting to say. All I hear is a bunch of whining about one thing that you would repair if you werent too busy on the lookout for attention.

  5. With havin so much content and articles do you ever run into any problems of plagorism or copyright violation? My blog has a lot of completely unique content I’ve either authored myself or outsourced but it looks like a lot of it is popping it up all over the internet without my agreement. Do you know any methods to help protect against content from being ripped off? I’d genuinely appreciate it.

  6. I think this is one of the most important information for me. And i’m glad reading your article. But wanna remark on some general things, The web site style is ideal, the articles is really great : D. Good job, cheers

  7. There are definitely a lot of details like that to take into consideration. That could be a nice level to deliver up. I supply the thoughts above as common inspiration but clearly there are questions just like the one you deliver up the place a very powerful thing will probably be working in honest good faith. I don?t know if best practices have emerged round issues like that, however I am positive that your job is clearly recognized as a fair game. Each girls and boys feel the affect of just a second’s pleasure, for the remainder of their lives.

  8. I like the valuable info you provide in your articles.I’ll bookmark your blog and check again herefrequently. I am quite sure I’ll learn lots of new stuffright here! Best of luck for the next!

  9. Having read this I believed it was rather informative. I appreciate you finding the time and effort to put this article together. I once again find myself spending a lot of time both reading and commenting. But so what, it was still worth it!

  10. I’m no longer positive where you are getting your info, but great topic. I needs to spend a while finding out more or understanding more. Thank you for great information I was searching for this info for my mission.

  11. I blog frequently and I really appreciate your content.The article has truly peaked my interest. I’m going to book mark your blog and keep checking for new information about once a week.I subscribed to your Feed too.

  12. I will right away grasp your rss feed as I can not find your e-mail subscription hyperlink or e-newsletter service. Do you’ve any? Kindly let me recognize so that I may just subscribe. Thanks.

  13. Excellent read, I just passed this onto a friend who was doing a little research on that. And he just bought me lunch as I found it for him smile Thus let me rephrase that: Thanks for lunch!

  14. Hi there! I just would like to give a huge thumbs up for the good information you might have here on this post. I might be coming back to your blog for more soon.

  15. Usually I don’t learn post on blogs, but I would like to say that this write-up very compelled me to try and do it! Your writing taste has been surprised me. Thank you, quite nice article.

  16. Aw, this was an incredibly nice post. Spending some time and actual effort to generate a very good articleÖ but what can I sayÖ I procrastinate a whole lot and don’t seem to get nearly anything done.

  17. Having read this I thought it was very enlightening. I appreciate you finding the time and energy to put this content together. I once again find myself spending way too much time both reading and commenting. But so what, it was still worth it!

  18. Hello There. I found your blog using msn. This is a very well written article. I will be sure to bookmark it and return to read more of your useful information. Thanks for the post. I?ll certainly comeback.

  19. A fascinating discussion is worth comment. I believe that you should write moreon this subject matter, it might not be a taboo subject but typically folks don’tspeak about such topics. To the next! Kind regards!!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *