Ese mwamenye ko havumbuwe umubumbe mushya ungana n’isi witwa Gliese 12 b,kandi ushobora kubaho ubuzima?

HAKIZIMANA Maurice

Kaminuza ya Warwick mu Bwongereza iri gukorana n’abahanga karundura mpuzamahanga mu bushakashatsi bwo mu byo mu isanzure, aho bavumbuye undi mubumbe mushya ungana n’isi kandi ushobora kubaho ubuzima. Aba bashakashatsi bafatanyije n’ikigo cya NASA cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika hamwe n’Ikigo cy’Uburayi gishinzwe ikirere ESA (European Space Agency). Abo bahanga bose bavuga ko uyu mubumbe mushya wiswe Gliese 12 b ufite igipimo cy’ubushyuhe bungana n’ubwo mu Bwongereza bwo mu mwaka wa 2022 igihe iki gihugu cyagiraga ubushuye bwinshi bwo hejuru. Ibyo byumvikanisha ko kuri uyu mubumbe ubuzima buhashoboka.

IINkurikira kuri Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u II Nkurikira kuri facebookhttps://www.facebook.com/professormaurice/

Kaminuza ya Warwick mu Bwongereza ivuga ko kubera ko uyu mubumbe uri ku ntera y’ibiromereto bigera kuri miliyari 400 uvuye ku mubumbe w’Isi,kure cyabe y’isi.Abahanga bavuga ko ubu buvumbuzi bushimishije cyane kandi ko buzafasha mu bushakashatsi w’isi busanzwe ndetse n’ubw’izindi nyenyeri zigaragiye izuba. Ni umubumbe ufite igipimo cy’ubushyuhe bwa 42c.Hasigaye kumenya neza ikirere cyawo. Uyu mubumbe uzenguruka izuba iminsi 12.8 kandi unganya ubunini n’uyu mubumbe dutuyeho w’isi.

Imibumbe igaragiye izuba urimo n’Isi yacu

Umushakashatsi Dr Wilson ati: “Ikiryoshye cyane, ni uko uyu mubumbe ari wo wa mbere wegeranye cyane n’Isi mu buringanire n’ubushyuhe bushobora kuba buri ku migabane tuzi….urumuri turi kubona uvuyeyo ni uwahavuye muri 1984 mu myaka 40 ishize – murumva ko urumuri ruhaturutse rwafashe imyaka 40 kugira ngo rutugereho.

Imibumbe itandukanye yagiye ivumburwa aho ubuzima bushoboka

Imibumbe nka Gliese 12 b isanzwe ijya ivumburwa, ni mike cyane kandi ikunze kuba iri kure cyane y’isanzure isi ibarizwamo,ari nayo mpamvu kuyimenya bisaba igih ekirekire cyane. Ariko abashakashatsi bemeza ko bizagerwaho byanze bikunze.

Umubumbe wa Venus nta mazi ufite

Umushakashatsi witwa Larissa Palethorpe, umwe mu bakoze ubu bushakashatsi akaba ari n’umunyeshuri uri gukorera ubushakashatsi bwo ku rwego rwa dogitora muri Kaminuza ya Edinburgh n’iyitwa University College London mu Bwongereza, avuga ko Gliese 12 b ari wo mubumbe “wonyine rudori ” ushobora gukorerwaho ubushakashatsi bucukumbuye bwafasha kumenya ibintu bitandukanye bigaragiye izuba byagiye bibaho. Turabibutsa ko umubumbe w’Isi ukiri umubumbe wonyine uriho ubuzima,utuweho n’abantu. Undi mubumbe wa Venus wari wizweho wo nta mazi ufite.

Credits= BBC

Iyi si,

HAKIZIMANA Maurice: II To follow  Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2u II To follow facebookhttps://www.facebook.com/professormaurice/

665 thoughts on “Ese mwamenye ko havumbuwe umubumbe mushya ungana n’isi witwa Gliese 12 b,kandi ushobora kubaho ubuzima?

  1. Ballon радует РёРіСЂРѕРєРѕРІ разнообразием функций.: balloon игра – balloon игра на деньги

  2. Казино предлагает отличные условия для РёРіСЂС‹.: balloon game – balloon казино официальный сайт

  3. Игра РЅР° деньги — это ваше развлечение.: balloon game – balloon игра на деньги

  4. Ballon — автомат СЃ захватывающим сюжетом.: balloon game – balloon казино

  5. Игровой автомат Ballon дарит СЏСЂРєРёРµ эмоции.: balloon казино – balloon казино играть

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *