“Yanze ko dusezerana mu myaka 9 ishize,none najye ndi kubyanga! Abagabo muri abana babi”-Maureen.

Hakizimana Maurice

IYI NKURU NYIBAGEJEJEHO UKO YANGEZEHO,SINIRIRWA MVUGA UMWIRONDORO WA NYIRAWO WUZUYE:YITWA MAUREEN AFITE IMYAKA 30. NKENEYE IGITEKEREZO CYAWE KANDI KIRAMUGERAHO.

Mu myaka cyenda ishize…….

Mu myaka icyenda ishize yanteye inda,bwari ubwa mbere nkinishije gukubagana,twarakundanaga,ariko twaje kubana tutarabiteguye.

Nari umukobwa w’umushomeri,nta mafaranga ninjizaga.We yari umucuruzi.Data yarababaye cyane,ariko adusaba ko dukwakwanya tugashakana umuryango wacu utaraseba. Umuhungu yarabyemeye,ariko ararahira arirenga ko atazigera asezerana nanjye mu mategeko.Yemeye ibindi byose uretse ibyo kujya mu murenge (mu rukiko).Nta mpamvu yatanze.Na n’ubu ntazo nzi.

Ababyeyi banjye baramwinginze,nararize ndaboroga ndamwinginga ngo dusezerane mu mategeko,ariko aranga afunga umutwe.

Byabaye ngombwa ko twinjirira umuryango we,ababyeyi be na bashiki be, ariko nabo batubereye abana babi, baradusubije ngo “arakuze bihagije ku buryo yakwifatira umwanzuro”! .Huuumm….

Gusezerana mu idini ryacu nabyo ntibyari gushoboka kuko ho,utarasezeranye mu mategeko ya Leta, ntibashobora kugusezeranya. Nta n’inyinya.Ubwo rero,twarasebye turarira turihanagura.

Twakoze imihango isanzwe gusa,arasaba arakwa duhita tubana. Niba hari ikintu cyashegeshe umuryango wanjye,cyane cyane data,umugabo wiyubashye kandi wandeze neza cyane,ni iki kintu. Yifuzaga kuzankorera ibirori bimuhesha ishema.Naramuhemukiye cyane. Uyu mugabo wanjye nawe yarahemutse bitavugwa.

Numvaga nareka gushakana nawe,ariko byari kuba igisebo kidasanzwe kubyarira mu rugo! Naramushatse nyine nta kundi. Data yageze aho arampumuriza ambwira ko azakora uko ashoboye kose nkabaho neza, ko ntagomba kwiheba.

Inda ntitinda,naje kubyara umwana wa mbere,data aramfasha cyane,nyuma anshakira akazi keza cyane ko gukora mu kigo cy’imali mpuzamahanga,ubuzima burahindukla cyane,cyane ariko. Mpembwa neza cyane, nshobora kwibeshaho,guteganyiriza igihe kizaza,no kubaho nishimye.Sinkiri wa mugore utega amaboko umugabo.

N’ubwo nemeye gushakana n’uyu mugabo,ariko sinigeze mubabarira mu mutima wanjye ukuntu yanze kungira umugore we byemewe n’amategeko, ngo ntiyanyihambiraho, tubana buraya. Sinigeze mubababarira agahinda n’igisebo yateye umuryango wanjye. Ubu rero nanjye nta kintu na kimwe nkora mu izina ry’uyu mugabo,nta na kimwe. Afite ibye nkagira ibyanjye.

Twarabanye,tubyarana abandi bana,ubu dufitanye batatu. Abana ntajya abiyandikishaho,bose bitwa “abana b’umugore”, bari mu irangamimerere yanjye gusa. Nta kibazo rwose,nanjye za konti zanjye za banki,amazu nubatse,imitungo yose maze kugeraho,byose nabyanditse mu izina ryanjye no mu mazina y’abana banjye.Ngize n’icyo mba,nta n’igiceri iki cy’ijana yakura mu byanjye. None se siwe wabiteye?

Dore rero aho ikibazo kiri: mu kwezi gushize ikigo cy’imali mpuzamahanga nkorera cyansabye kwimukira muri Leta zunze ubumwe za Amerika,muri Leta ya Texas, kandi bazandihira byose: inzu,fagitire zose, amashuri y’abana,ndetse bimure n’urugo rwanjye rwose. Nzahakorera imyaka icumi ishobora kongerwa ikaba makumyabiri. Umushahara uzikuba kane kandi n’uwo nari mfite ndawushima cyane.

Bwa bucuruzi bw’uyu mugabo bwarakendereye,arimo guhomba,yiyemeje rero ngo kwimukana na njye muri Amerika. Are weee! Ntararenga n’Intara dutuyemo.

Ikibazo rero,namubwiye ko bidashoboka kwimukana nanjye kuko mu mategeko atari umugabo wanjye. Kugira ngo bikunde,ni uko twasezerana mu rukiko (ku Murenge) kandi mfite amezi abiri gusa yo kwitegura. Yahiye mushyotori,yagiye ku Murenge kwiyandikisha mu bashaka gusezerana muri iyi minsi 21.

Igihe kirageze rero ko mwibutsa ibyo yankorerye mu myaka icyenda ishize:naraye mubwiye ngo “No, sinzasezerana nawe,tuzabana gutyo gusa uko wabihisemo mu myaka icyenda ishize”. Data nawe yashyigikiye umwanzuro wanjye,ndetse arambwira ngo “erega n’ubundi ndakwanze ntivamo ndagukunze“! Ninibeshya nkemera gusezerana nawe mu rukiko, nzaba nongeye gutera agahinda data. Oya,nabyanze rwose. Ubu nkwandikira ibi, nawe ari kurira nk’uruhinja,mbese uko nariraga mu myaka icyenda ishize. Akunda Amerika kurusha uko ankunda. Abagabo muri abana babi.

Ubu yankwije hose ngo ndi umugore mubi, sindi indahemuka,simukunda, ngo ndi gushaka gutera agahinda umuryango we, ngo ndirata, bla bla bla.

Umuryango we (se,nyina,na bashiki be ) bari kunshiraho urutoto bampamagara buri kanya ngo rwose baradufasha dusezerane mu mategeko, ndetse bagerageje no kubyumvisha ababyeyi banjye,ariko nakunze igisubizo ababyeyi banjye babahaye, babasubiriyemo igisubizo nabo baduhaye mu myaka icyenda ishize: “ni mukuru bihagije,yifatira umwanzuro”.

Uko iminsi igenda ishira,ndi gufunga amavalisi jye n’abana banjye, bakomeza kunsaba barira baboroga ngo nemere gusezerana nawe mu rukiko, ariko nanjye nsubiza kwa kundi nyine ko mu myaka icyenda ishize nti oya.

Nafashe umwanzuro, nanjye nafunze umutwe: tuzakomeza tubane uko yabyiyemeje mu myaka icyenda ishize,icyatumye yanga ko dusezerana icyo gihe ntacyo yambwiye kugeza ubu. Mu irangamimerere yanjye ndi “a single mother” (umukobwa wabyaye atagira umugabo kandi mufite)! Abagabo muri abana babi.

None se murumva ari nde muhemu hagati yacu twembi? Muducire urubanza muraramye.

IYI NKURU NYIBAGEJEJEHO UKO YANGEZEHO,SINIRIRWA MVUGA UMWIRONDORO WA NYIRAWO WUZUYE:YITWA MAUREEN AFITE IMYAKA 30. NKENEYE IGITEKEREZO CYAWE KANDI KIRAMUGERAHO.

Profeseri Hakizimana Maurice ni umwarimu w’umwuga warangije icyiciro gihanitse(masters Meef) mu burezi muri Université Catholique de Paris no mu bumenyamuntu muri Sorbonne Université,akaba yigisha amashuri makuru mu Bufaransa.Wamukurikira kandi kuri : Facebook,Twitter na Instagram

Izindi ngingo nanditse zirebana n’urukundo n’urushako (kanda hano uzisome):

BAKOBWA:KUGUMIRWA BITERWA N’IKI? ESE NI NGOMBWA GUSHAKA KUGIRA NGO TWISHIME? MWIGIRE HINO MBABWIRE!

Ese gukora ibirori by’ubukwe bihambaye bikagusigamo amadeni birakwiriye?

“TANDUKANA N’UMUKUNZI WAWE UTAMWANDAGAJE” MUTANE GISIRIMU !Profeseri Hakizimana Maurice

“ISHYINGIRANWA (MARRIAGE)NI IKIGEGA CYUZUYE UMUNEZERO”-Nibyo? Sibyo? Profeseri Hakizimana Maurice

UKO WAMENYA ITANDUKANIRO HAGATI Y’URUKUNDO NYARWO (AMOUR) N’URUKUNDO RW’AGAHARARO (BÉGUIN)!!

WAHEMUKIWE N’UMUKUNZI WAWE? SINZI IKIKIKUBABAJE KUGEZA UBU….NDAKUBWIZA UKURI, NTIWAMUHOMBYE NIWE WAGUHOMBYE!!

Ihinduramyumvire: “gushaka” ntibisobanura “kubyara”, kandi kubyara si ukwiteganyiriza! Soma byinshi kurushaho!

“Aho urukundo ruri,ubukungu n’intsinzi birinjira”.

3,542 thoughts on ““Yanze ko dusezerana mu myaka 9 ishize,none najye ndi kubyanga! Abagabo muri abana babi”-Maureen.

  1. Just had my ducts cleaned for the first time and what a difference it makes! The air feels so much fresher, and I can finally breathe easier. If you’re in Puyallup and considering duct cleaning, I highly recommend it! More details at HVAC installation

  2. I recently had a pest issue in my home, and I was amazed by how effective the Puyallup Exterminator service was! They identified the problem quickly and implemented a comprehensive plan to eliminate the pests Exterminator

  3. I recently had a pest problem in my home, and I was amazed by the effective solutions offered by local services. It’s crucial to choose a knowledgeable pest control provider in Puyallup to ensure a pest-free environment Exterminator

  4. Thought-provoking considerations arise discussions regarding ethics responsibilities individuals organizations alike shape influence craft policies implement practices prioritize welfare society nurture environments conducive development prosperity One Vision Roofing

  5. ”Our bathrooms are now some of our favorite spaces within home due entirely because wonderful transformations done here courtesy excellent craftsmanship exhibited regularly via renowned teams brought forth through keechi creeks builder’s connections!”     bath remodel near me

  6. Incredibly inspiring seeing momentum building prompting change impacting lives positively …reminding us why investing time/resources becomes crucial yielding fruitful outcomes benefiting generations ahead made possible only alongside foundations roof replacement

  7. Another aspect missed often when discussing practical uses behind having well-constructed escape routes is their potential use during natural disasters caused by storms or floods; thus ensuring our families’ safety comes first while maintaining aesthetic local egress company

  8. Skup nieruchomości to idealna opcja dla tych, którzy potrzebują natychmiastowej gotówki za swoją nieruchomość. Dzięki temu procesowi można uniknąć długotrwałych formalności związanych z tradycyjną sprzedażą Sprawdź tutaj

  9. Thought-provoking considerations arise discussions regarding ethics responsibilities individuals organizations alike shape influence craft policies implement practices prioritize welfare society nurture environments conducive development prosperity One Vision Roofing

  10. .What an excellent discussion revolving around essential elements worth considering while engaging professionals assisting homeowners navigating tricky waters involved achieving successful outcomes desired relating specifically upgrades aimed primarily window replacement

  11. Fantastic resource dedicated addressing pressing needs arising promptly delivering impactful outcomes meeting individual expectations effectively whilst prioritizing customer satisfaction showcasing responsibility accountability transparency evident Pest removal service

  12. “Through ups downs navigate complexities inherent journeys life’s twists turns relying trusted partnerships built solid foundations rooted common goals friendships forged enduring bonds last lifetimes span generations passed down forever ensuring legacies Realtor Service

  13. . Considering statement flooring choices?! From bold colors patterns creating drama underneath feet elevates entire atmosphere making lasting impressions witnessed by guests alike—which is why our designers encourage explorations around these ideas bath remodel

  14. Have any collectors here explored using social media platforms like Instagram/TikTok showcasing their curated collections online connecting fellow enthusiasts worldwide sharing tips/tricks along this journey toward uncovering hidden gems while inspiring buy engagement ring

  15. Biuro nieruchomości to kluczowy partner w transakcjach na rynku nieruchomości. Dzięki swojej znajomości rynku oraz przepisów prawnych, może pomóc uniknąć błędów i formalnych komplikacji. Współpraca z biurem nieruchomości pozwala zaoszczędzić czas i stres pośrednik nieruchomości

  16. Limousines aren’t simply for celebs any longer! They make every celebration really feel unique. Have you tried renting out one for a birthday celebration or wedding anniversary? Check out even more concerning it at price for limo

  17. W dobie rosnącej świadomości ekologicznej konsumentów, przedsiębiorstwa, które aktywnie angażują się w działania na rzecz ochrony środowiska, zdobywają zaufanie klientów i partnerów biznesowych Orenda Eko

  18. My experience visiting chi spa massage san juan left me speechless because not only did receive excellent services but also learned valuable techniques maintain wellness well beyond realm physical aspects alone…it opened doors conversations deeper massage near me

  19. Biuro nieruchomości to kluczowy partner w transakcjach na rynku nieruchomości. Dzięki swojej znajomości rynku oraz przepisów prawnych, może znacznie ułatwić cały proces. Współpraca z biurem nieruchomości pozwala zaoszczędzić czas i stres agencja nieruchomości

  20. “I can’t have confidence how lots more easy baking has turn into for the reason that I’ve started driving my new Nang Tank—what innovations have you obvious to your cooking due to the fact that getting one? Let me comprehend your memories! Nangsta

  21. Key takeaway from this discussion has been recognizing how much value genuine reviews hold—not only do they positively influence potential patrons but also significantly affect overall success rates linked with gaining traction within Google’s mapping Tacoma SEO

  22. I’ve read regarding green scrap elimination choices lately. It’s terrific to locate services that focus on recycling and donation. For those thinking about lasting practices, see hhw waste for more details

  23. W era rosnącej ekologicznej świadomości konsumentów, przedsiębiorstwa, które aktywnie angażują się w działania na rzecz ochrony środowiska, zdobywają zaufanie klientów i partnerów biznesowych Orenda Eko

  24. Wonderful suggestions on device maintenance! Routine checks can actually save us from pricey repair services later. For those struggling with a/c problems, don’t neglect to examine your filters! Take a look at more at ac repair near me

  25. This was literally exactly what I’ve been searching online lately—time-saving hacks regarding improved property management techniques—big shoutout goes towards offering quality service through utilizing resources found within this article leading back Gutter Washing