Uganda nayo izoherezwamo abimukira n’impunzi bazirukanwa muri Amerika (US)

HAKIZIMANA Maurice

Na Uganda [ya Yoweli Kaguta Museveni] yemeye kwakira amadolari ya Donald Trump yo kwemera kwakira abimukira n’ingorwa z’impunzi zitacyifuzwa muri USA!Gusa Uganda yo yanze kuzakira « abanyabyaha n’inkozi z’ibibi » ngo izakira gusa abimukira n’abasaba ubuhunzi Washington idashaka kubuha badafite ibyo baregwa kandi batigeze bafungwa!

Gahunda ya Donald Trump ari kuririmba muri iyi manda ni: “Make America safe again”! Ngo gahunda ni ugusukura (ugukura umwanda) muri Amerika ikongera ikaba nzima !

U Rwanda,Sudani y’Epfo, na Uganda nibyo bihugu byo muri EAC byariye izo cash kugira ngo zifashe Trump gusukura Leta zunze ubumwe za Amerika!

Ibi bintu bikunze kwamaganirwa kure n’ibihugu byinshi bya Afurika bidashaka kugirwa aho kumenwa ibyo abo Banyamerika(n’Abanyaburayi) bita umwanda!

Nanone ababibona ukundi babyita « gucuruza abantu » kuko ari uguherekanya Ikiremwamuntu n’amafaranga kuri kuri mutwe w’uwakiriwe!

U Rwanda na Uganda na Sudani y’Epfo bo bavuga ko ari « umutima mwiza » gusa!

Iyi si

HAKIZIMANA MAURICE .Nkurikira kuri WhatsappFacebook,Twitter ndetse no kuri Instagram

50 thoughts on “Uganda nayo izoherezwamo abimukira n’impunzi bazirukanwa muri Amerika (US)

  1. You’re so awesome! I don’t believe I have read a single thing like that before. So great to find someone with some original thoughts on this topic. Really.. thank you for starting this up. This website is something that is needed on the internet, someone with a little originality!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *