
Umwanditsi: HAKIZIMANA Maurice
Nyuma yo kubasangiza Amateka ya Kirundo n’urugamba rwa Shinge na Rugero aho Abarundi batsindiye abanyarwanda bakabagira ikirundo cy’intumbi(ibiziga) mu nkuru ibanziriza iyi ifite umutwe uvuga ngo Burundi-Rwanda: Menya “Kirundo” “Shinge na Rugero” aho Abarundi bakubitiye incuro Abanyarwanda muri 1763, inkuru yasoje igira iti “Mutaga Senyamwiza….Yoba yapfiriye i Butare (mu bumanuko bw’u Rwanda) ku rugamba. Hari mu Burundi icyo gihe“.Nyuma y’iyo nkuru y’Amateka abanyarwanda benshi banyandikiye bambaza bati “none se ko nyine ntiwumva ko byarangiye yishwe n’Abanyarwanda aguye muri Butare iwacu mu Rwanda”? Iyi nyandiko ni iyo kubasubiza nkoresheje Amateka. Mwibuke ko Amateka atari politike,ni ibintu biba byarabaye,byaba bigushimishije cyangwa bikubabaje. Ibyo dukora uyu munsi nabyo bizandikwa mu Mateka azasomwa n’bo mu bihe bizaza.
Banza usome: Burundi-Rwanda: Menya “Kirundo” “Shinge na Rugero” aho Abarundi bakubitiye incuro Abanyarwanda muri 1763
II Kunkurikira kuri Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2 II Kunkurikira kuri facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/.

Udusozi twa Shinge na Rugero aho Abanyarwanda bashiriye hahindurwa Kirundo
UMWAMI W’U BURUNDI NTARE III KIVIMVIRA ATERA U RWANDA AKOMEKA IBICE BY’U RWANDA KU BURUNDI
Byose byatangiye ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura (1609 – 1642) nanone yitwaga Rugabishabirenge kubera ukuntu yikundwakazaga cyane mu baturage be, akaba umunyabuntu, agaha amata y’ubuntu abana b’abakene bari batuye hafi y’urugo rwe, aho yabashaka kugera hose. Abo bana bazanwaga iwe ibwami kunywa amata bagahaga, mu gitondo, ku manywa y’ihangu no mu mataha y’inka.
Tugarutse ku Burundi rero ,ku ngoma ye nibwo igikomangoma Ntare III Kivimira, umwami w’u Burundi yari arimo yitemberera hafi y’umupaka ari kumwe n’ingabo ze nke akubise amaso hakurya ye abona inka
z’inyambo zitagira uko zisa arambuka abaza abashumba bari bayobowe na Rugaju nyir’izo nka,
amubwira ko aziragiriye umwami Mibambwe II maze Ntare III Kivimira ategeka ko abarinzi
be bazihata inkoni bakazambutsa i Burundi ku ngufu.

Rugaju abonye ko byakomeye kandi ko nawe ashobora kwicwa, arizibukira bya gishumba
nyine atera umujugujugu w’inkoni ye Ntare III Kivimvira imufata ku gakanu yitura hasi ata
ubwenge, abari bari gushorera inka babivamo baza guhungiza umwami wabo, mu gihe
abashumba ba Rugaju bashoreye inka zabo biruka bagana mu gihugu imbere, umugambi w’abo
hakurya y’Akanyaru upfuba ubwo. Gusa nyuma y’igihe, abo kwa Ntare II Kivimira baje
kwihorera, ariko uyu Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yari atakiriho.
Mu by’u Burundi, nibutse ko mu Mateka, ubwami bw’i Burundi bwagize amazina ane y’ubwami
ari yo Ntare, Mwezi, Mutaga na Mwambutsa. Uyu Ntare uvugwa muri iyi nkuru nawe yari uwa
gatatu muri ba Ntare. Uwa mbere yabaye Ntare I Rusatsi, ari nawe washinze ubwami bwaho,
yabayeho i Rwanda hari Mibambwe I. Uwa kabiri yari Ntare II Kibogora (batazira Bijanyali), uwa gatatu ni uyu turi kuganiraho, Ntare III Kivimira, wari ho ku mpera y’ingoma
ya Mibambwe II n’iya Yuhi III Mazimpaka. Uwa kane muri ba Ntare ni Ntare IV
Rugamba (batazira”Inzobe”) wariho ku ngoma ya Yuhi IV Gahindiro w’i Rwanda).
Mu Rwanda tugeze ku ngoma ya Yuhi III Mazimpaka(1642 – 1675). Inkuru ya Ntare III Kivimira ntiyarangiriye ha handi. Nyuma yo kuzanzamuka bagasubira iwabo, uyu mwami yaje kwihorera atera u Rwanda, ararutsinda afata intara zarwo zerekeye mu majyepfo azomeka ku bwami bw’u Burundi.
Yuhi III Mazimpaka yohereza ingabo ze nziza kurusha izindi zose Abarundi barazimara, ashya ubwoba cyane yibaza uko azahonoka umwami Ntare III Kivimira.
Ingabo zimwe za Ntare zari mu kibaya cya Rusizi zikambitse neza neza ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu. Bivugwa ko hari uburozi umwami w’i Rwanda yakoresheje akaroga amabere y’inka zikamwa akazohereza hafi y’izo ngabo ngo bazinyagane n’izazo maze nibanywa amata yazo bapfe bashire. Niko yari yaraguriwe
n’abapfumu be.Niko byagenze, abashumba ba Yuhi bategekwa kujyana inka mu nzuri za Mpembe ya Rusenyi,zigwa mu maboko y’ingabo za Ntare III Kivimira, barazimushyira umwami Ntare III
aranezerwa cyane ategeka ko bamukamira amata yazo akanywaho aya mbere. Yarayanyweye
ararwara araremba cyane ndetse agwa i Nyaruhengeri, ya Mvejuru, muri Butare hariya, ashaka
uko yasubizwa i Burundi.
Mu Rwanda tugeze ku mwami Cyilima II Rujugira(1675 – 1708). Uyu nawe kimwe na Ruganzu II, babaye ibimenywabose mu bami b’Abanyiginya bategetse u Rwanda rwa Gasabo.Uyu mwana wa Yuhi III Mpazimpaka waroze umwami w’u Burundi yaje gukomeza kwikorera uwo mutwaro. Kwa Ntare himye Mutaga III Sebitungwa (batazira Semwiza), umwuzukuru wa Ntare III Kivimira.Uyu yiyemeje kuzahorera
sekuru.
Mutaga III Sebitungwa we n’ingabo ze bateye u Rwanda,icyo gihe umwana wa Cyilima II
Rujugira witwaga Gihana niwe wari ku ngoma i Rwanda.Zari intambara zo guhora. Intambara nyinshi hagati y’Uburundi n’u Rwanda, zabaye ku ngoma z’aba bami babiri Mutaga III Sebitungwa Semwiza w’Uburundi na Cyirima Rujugira Gihana. Urugamba ruhalbaye rutazigera rwibagirana ni urwaremeye ku misozi ibiri Shinge na Rugero( iyi ni imisozi ibiri ibangikanye iri mu ntara ya Kirundo) muri 1763.Ingabo z’u Burundi zakoze amayeri ya gisirikare,ingabi z’u Rwanda zibwira ko Abarundi basunnye,maze zisuka ku bwinshi mu Burundi, zigabanyamo ibitero bibiri,zishaka gufata udusozi tubiri Shinge na Rugero.Abarundi mw’ibanga barabakikuza (barabagota) maze Abanyarwanda bose baricwa barashira ingabo zose,babura agasozi ka Shinge babura n’aka Rugero. Kuva ubwo bisiga umugani i Rwanda n’i Burundi ngo “Abanyarwanda babuze Shinge na Rugero” nko kuvuga ko babuze byose.Intumbi zabo zararundanyijwe ziba ikirundo kinini cyane maze kuva ubwo aho hantu hitwa KIRUNDO.

URUPFU RW’UMWAMI MUTAGA III SEBITUNGWA I BUTARE
Ku ruhande rw’u Burundi, indagu zemeje ko ni Umwami Mutaga IIISebitungwa Semwiza ubwe yaza akagwa i Rwanda mu buryo bwa gitabazi.Ni urupfu abami bipangiraga kugira ngo amaraso yabo abe igitambo kandi atere umwaku iteka ryose igihugu cy’umwanzi ubudasubirwaho. Urugamba yarwanyemo
rwaremewe ahitwa Nkanda ya Buyenzi, Butare ariko icyo gihe hari ah’u Burundi. Amaze
kwicirwa ku rugamba rutari rworoshye yiyoberanyije nk’umurwanyi usanzwe, ingoma ngabe ye Rugabo iranyagwa izanwa i Rwanda.Umwami w’u Rwanda Cyilima II Rujugira nawe ariko arapfa, umurambo we uroswa ushyirwa mu nzu ndangamurage ahitwa Gaseke, abantu bakajya baza kuwuramya kugeza muri 1931 igihe abiru bategekaga ko ashyingurwa agakurwa mu kabati.
Kuva ubwo kugeza ubu u Rwanda ntirurongera gutinyuka kwigererea u Burundi kandi u Burundi nabwo ntiburongera kwipima kurwana n’u Rwanda. Ni ibihugu bibir byamye bitinyana kuko wica umwe hakuno hakurya bakica undi, kandi inzika n’inzigo ntibirangire mpaka habayeho kwihorera na nyuma y’ibisekuru byinshi. Abanyarwanda n’Abarundi baraziranye kuri byose.

Ivomo: Mu gitabo “Utaba Amateka Ntabona Itaka” cyanditswe na mwalimu Hakizimana Maurice
Iyi si,

HAKIZIMANA Maurice II Kunkurikira kuri Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2 II Kunkurikira kuri facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/.
Hello i think that i saw you visited my weblog so i came to Return the favore Im trying to find things to improve my web siteI suppose its ok to use some of your ideas
Nice blog here Also your site loads up fast What host are you using Can I get your affiliate link to your host I wish my web site loaded up as quickly as yours lol
My brother recommended I might like this web site He was totally right This post actually made my day You cannt imagine just how much time I had spent for this information Thanks
Ndajyohegwa iyo nsoma inyandiko zawe my professor.
you are in reality a just right webmaster The site loading velocity is incredible It seems that you are doing any unique trick In addition The contents are masterwork you have performed a wonderful task on this topic
Its like you read my mind You appear to know so much about this like you wrote the book in it or something I think that you can do with a few pics to drive the message home a little bit but instead of that this is excellent blog A fantastic read Ill certainly be back
Attractive section of content I just stumbled upon your blog and in accession capital to assert that I get actually enjoyed account your blog posts Anyway I will be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently fast
Its like you read my mind You appear to know so much about this like you wrote the book in it or something I think that you can do with a few pics to drive the message home a little bit but instead of that this is excellent blog A fantastic read Ill certainly be back
Hi my loved one I wish to say that this post is amazing nice written and include approximately all vital infos Id like to peer more posts like this
Its like you read my mind You appear to know so much about this like you wrote the book in it or something I think that you can do with a few pics to drive the message home a little bit but other than that this is fantastic blog A great read Ill certainly be back
I loved as much as youll receive carried out right here The sketch is tasteful your authored material stylish nonetheless you command get bought an nervousness over that you wish be delivering the following unwell unquestionably come more formerly again since exactly the same nearly a lot often inside case you shield this hike
Fantastic beat I would like to apprentice while you amend your web site how could i subscribe for a blog site The account helped me a acceptable deal I had been a little bit acquainted of this your broadcast offered bright clear concept
Just wish to say your article is as surprising The clearness in your post is just cool and i could assume youre an expert on this subject Fine with your permission allow me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post Thanks a million and please keep up the enjoyable work
I was recommended this website by my cousin I am not sure whether this post is written by him as nobody else know such detailed about my difficulty You are wonderful Thanks
Normally I do not read article on blogs however I would like to say that this writeup very forced me to try and do so Your writing style has been amazed me Thanks quite great post
Ive read several just right stuff here Certainly price bookmarking for revisiting I wonder how a lot effort you place to create this kind of great informative website
I just could not leave your web site before suggesting that I really enjoyed the standard information a person supply to your visitors Is gonna be again steadily in order to check up on new posts
Fantastic site Lots of helpful information here I am sending it to some friends ans additionally sharing in delicious And of course thanks for your effort
What i dont understood is in reality how youre now not really a lot more smartlyfavored than you might be now Youre very intelligent You understand therefore significantly in terms of this topic produced me personally believe it from a lot of numerous angles Its like women and men are not interested except it is one thing to accomplish with Woman gaga Your own stuffs outstanding Always care for it up
I simply could not go away your web site prior to suggesting that I really enjoyed the standard info a person supply on your guests Is going to be back incessantly to investigate crosscheck new posts
Wonderful web site Lots of useful info here Im sending it to a few friends ans additionally sharing in delicious And obviously thanks to your effort
Thanks I have recently been looking for info about this subject for a while and yours is the greatest I have discovered so far However what in regards to the bottom line Are you certain in regards to the supply
Usually I do not read article on blogs however I would like to say that this writeup very compelled me to take a look at and do it Your writing style has been amazed me Thank you very nice article
Ive read several just right stuff here Certainly price bookmarking for revisiting I wonder how a lot effort you place to create this kind of great informative website
Hi Neat post Theres an issue together with your web site in internet explorer may test this IE still is the marketplace chief and a good component of people will pass over your fantastic writing due to this problem
I loved as much as youll receive carried out right here The sketch is attractive your authored material stylish nonetheless you command get bought an nervousness over that you wish be delivering the following unwell unquestionably come more formerly again as exactly the same nearly a lot often inside case you shield this hike