
Cyril Ramaphosa umugabo uyoboye Afurika y’Epfo azandikwa mu Mateka. Nyuma y’aho Leta zunze ubumwe za Amerika ziyobowe na Donald Trump zibyimbije amazuru ngo zirahagarikira inkunga iki gihugu (zo kurwanya Sida +Iza USAID), kongeraho iterabwoba kubera amategeko agenga iby’amasambu n’ibikingi, perezida Cyril Ramaphosa nawe yasohoye itegeko rihagarika kongera kohereza amabuye y’agaciro ya Afurika y’Epfo ku isoko rya Leta zunze ubumwe za Amerika,kandi ahagarika amakampani yose y’abanyamerika yakoreraga mu gihugu cyabo ibijyanye n’amabuye y’agaciro!
II Kunkurikira kuri Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2 II Kunkurikira kuri facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/.

Yanabwiye Trump ko badatunzwe nawe, ko ubutunzi Afurika ifite buyihagije, ko arekera aho gufata Afurika nk’abasabirizi!Ubusanzwe Leta zunze ubumwe za Amerika ahubwo zungukiraga miliyaridi 25 z’amadolari muri Afurika y’Epfo!

Afurika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bya mbere ku isi bikungahaye ku mabuye y’agaciro y’ubwoko bwose
Ni ubwa mbere mu Mateka y’iyi si igihugu cya Afurika gifatira ingamba igihangange Leta zunze ubumwe za Amerika!
Iyi si,

HAKIZIMANA Maurice II Kunkurikira kuri Whatsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaCyM5ILdQejDYwQ2b2 II Kunkurikira kuri facebook: https://www.facebook.com/professormaurice/.