YIGIZE KABUSHUNGWE (insigamugani). Ndakubwira umugabo BUSHUNGWE wasize uwo mugani hamwe na NYIRAMAVUGO NYIRAMONGI.Bawuca ryari?

Hakizimana Maurice

Uyu mugani baca ngo: runaka(izina)”Yigize KABUSHUNGWE “, bawuca iyo babonye umuntu wigize indakoreka,bamugoragoza akaba ikinani; akigira akari aha kajya he, akabera abantu akaga,ni bwo bagira, bati: “runaka uriya yigize KABUSHUNGWE”.

Wakomotse kuri BUSHUNGWE w’i Kageyo mu Cyingogo (Gisenyi); ku ngoma ya Mutara Rwogera ahayinga umwaka wa 1850.


BUSHUNGWE uwo yari atuye i Kageyo, akaba umukungu w’imyaka n’amatungo, umukungu jumba, adendeje mu bana benshi n’umuryango mugari. Muri uwo mudendezo we rero, akajya yitegereza amakoro acicikana ava iwabo ajya ibwami kwa nyina wa Rwogera; dore ko Rwogera yari akiri muto,
ubutegetsi bugifitwe na nyina mu cyimbo cye.

Bushungwe rero yabona ayo makoro agenda,bikamurakaza akababara. Bukeye bikomeje kumutera umujinya, abwira bene wabo, ati:

“Ariko ibintu byacu mubona bijya ibwami ubutitsa, mwebwe ntibibababaza?” Ati:

“Kuva ubu ndabasaba ko mucukira aho ntimuzongere kugira andi makoro mwohereza ibwami“.

Bene wabo baramushwishuriza, bati:

“Reka da! ntitwashobora kwimana amokoro y’ibwami, ejo batazatwita abagome tukava aho tuzira akamama!”


BUSHUNGWE abonye benshi banze kumva imigambi ye, akoranya abana be n’abavandimwe,
bahuje igitekerezo; ati:

“Dore inama nagiriye bene wacu yo kudatura wa mugore Nyiramavugo batinye kuyemera;none mwebwe ndabizeye; nimubona abikoreye amakoro bayajyana ibwami mujye muyabambura muyanzanire!” Ati:

“Mbese i bwami mwumva si amaboko hari ikindi baturusha; ese uriya mugore aturusha amaboko ki?” (“uriya mugore” ubwo yavugaga NYIRAMAVUGO NIRAMONGI, nyina wa RWOGERA .


Nuko BUSHUNGWE n’abo bahuje umugambi bahera ubwo bakajya batangira amakoro yo mu
Cyingogo bakayabuza kujya ibwami. Inkuru irashyira igerayo; bati:

“Bushungwe yarigometse; yazitiye amakoro y’ibwami arayikubira”.

Bene wabo badahuje umugambi babyumvise,barikengera; barahaguruka basanga NYIRAMAVUGO NYIRAMONGI, bajya kumwishinganaho, bavuga ko ibyo Bushungwe akora batabifatanyije, kandi banamuhannye akabananira. Ubwo bagendaga bitwaje inkoni gusa, kuko inkoni yonyine muri icyo gihe ari yo yabaga “mpakanyubugome”.


Nyiramavugo amaze kubona bene wabo ba Bushungwe no kumva ubwishingane bwabo,
arabashima asigara arakariye Bushungwe n’urubyaro rwe, ategeka abatware kugera ingabo zo
kumutera, kandi abivuga bene wabo ba Bushungwe bakiri aho.

Bamaze kumva iteka riciwe ry’uko mwene wabo atanzwe, barasezera barataha. Bageze i Cyingogo bajya kuburira umuvandimwe wabo, bati:

“Urahejeje, ibitero byo kukurimbura biradukurikiye”.

Bushungwe akoranya abagore be n’abana arababwira, ati:

“Numvise ko Nyiramavugo yadutanze, ariko muhumure ntacyo azadutwara; icyakora nimupfe guhunga, muhungishe inka n’ibyangushye; jye ndaguma iwanjye simpunga kuko umwami w’umugore nta cyo yantwara!”


Baka-Bushungwe bahungana n’abana n’amatungo; hasigara rubanda rukuru rwiyemeje
kumurwanirira.

Ako kanya iz’ibwami ziba zisesekaye i Kageyo, zanzikana n’iza Bushungwe,ruremveka bishyira kera. Bushungwe amaze gusumbirizwa, bamufata mpiri baramushorera bamujyana ibwami; ntibamugirira nabi kuko uwafatwaga mpiri yabaga atakiciwe aho; uwarengaga akamwica yabaga akoze icyaha kititwarirwa.


Nuko Bushungwe baramushorera, bigiye imbere bahura n’umugabo wigendera, Bushungwe, ati:
“Ndabasaba kwibwirira ijambo rimwe uriya mugabo duhuye!” Abandi barabimwemerera; kuko
uwabaga yafashwe mpiri yagiraga uburenganzira bwo kuvuga no gusaba icyo ashatse. Arembuza
uwo mugabo bigira hirya; aramutuma, ati:

“Genda umbwirire abagore banjye n’abana, uti: “Muramenye ntimwiyahure, kandi ntimumwangirize ibintu azagaruka; ntabwo umwami w’umugore azagira icyo amutwara”.

Baramushorera no kwa Rwogera na nyina, bati: “Nguyu Bushungwe turamuzanye!”


NYIRAMAVUGO NYIRAMONGI amukubise amaso, aho kugira icyo amubaza atera hejuru ati: “Uno muburagasani nta bugome yashigaje; n’ishusho ye ubwayo ni ubugome! (ngo kuko yari mubi ku buranga).
Bushungwe abyumvise atyo, aba abonye urwaho rwo kumushuka, atera hejuru, ati: “Nyagasani
hari icyo ngusaba!”
Nyiramavugo ati: “Ngaho kinsabe!”
Bushungwe, ati:

“Nagira ngo nkumenyeshe ko nta bukire undusha, uretse izina ngo uri umwami:
naho ubundi uzabaze, nari nsanganywe ibintu byinshi, none nakubitiyeho no kukwambura
amakoro, ureba se ko hari icyo undusha!”

Akirekanya ayo magambo, abari aho bose baraseka; babwira Nyiramavugo, bati:

“Icyakora ntakubeshye, umuntu wari ufite ibye, none akaba yarakubitiyeho n’iby’ibwami! koko ntakurusha ibintu? ”

Noneho Bushungwe arushaho kubona inkunga yo gukomeza kumushuka; ati:

“Nyagasani ohereza abantu bawe vuba bajye guhagarara ku rugo rwanjye, hato rubanda batakwangiriza ibintu kandi byari kuzakugirira akamaro; ati: Kandi n’ibyanjye byose mbiguhayeho impongano yo kugira ngo mutansha amatwi.”


Nyiramavugo Nyiramongi , ati: “Nguciye amatwi byamera bite?” Bushungwe, ati: “Nasubira i Cyingogo
nshiye amatwi, abagore banjye n’abana banseka, inka zanjye zikampunga kandi ngatakaza
agaciro mu Cyingogo nabayemo igihangange!”
Arakomeza, ati: “Nyagasani ndabigusabye,
ahubwo ntanga mfe, hato hatagira abanzi bansaba ngacibwa amatwi !”


Nyiramavugo Nyirmongi ntiyamenya ko ari ibishuko; bimubera nk’uruhubiko abyemera nk’ukuri, aho
kumutanga ngo apfe, ategeka ko bamuca amatwi bakamurekura agasubira mu Cyingogo, aho
abasore n’abana bazajya bamukwena bakamugira ikinnyogorero
.

BUSHUNGWE yirya icyara, aho aboheye, arishima kuko agiye gukira.

Nuko bamuca amatwi yombi, baramubohora, baramureka asubira i Kageyo. Agezeyo
asanganirwa n’impundu. Na we Nyiramavugo Nyiramongi asigara yishima amishuke ngo yamuhaye igihano gikomeye; ntiyibuka ko n’ubwo gucibwa amatwi ari ubusembwa, ariko atari ukwamburwa
ubuzima.

Kuva ubwo rero babona umuntu w’ikinani bagoragoza ntashoboke,wigize indakoreka,bamugoragoza akaba ikinani; akigira akari aha kajya he, akabera abantu akaga bamutega imitego akayigobotora, babura uko bamugira bagatererayo utwatsi, bakamugera kuri Bushungwe, bati:


“Nimumureke yigize kabushungwe” (aka BUSHUNGWE uyu w’i Kageyo mu Cyingogo; ku ngoma ya Mutara Rwogera na nyina Nyiramavugo Nyiramongi)
Kwigira kabushungwe = Kwigira ikinani.

Murare aharyana,

Nkurikira kuri : Facebook,Twitter na Instagram

592 thoughts on “YIGIZE KABUSHUNGWE (insigamugani). Ndakubwira umugabo BUSHUNGWE wasize uwo mugani hamwe na NYIRAMAVUGO NYIRAMONGI.Bawuca ryari?

  1. When I originally left a comment I appear to have clicked the -Notify me when new comments are added- checkbox and from now on whenever a comment is added I recieve four emails with the exact same comment. Is there a way you can remove me from that service? Cheers!

  2. Nice post. I was checking constantly this blog and I’m impressed! Extremely useful information specifically the last part 🙂 I care for such info much. I was seeking this certain information for a very long time. Thank you and best of luck.

  3. Greetings from Colorado! I’m bored to death at work so I decided to browse your site on my iphone during lunch break. I enjoy the info you provide here and can’t wait to take a look when I get home. I’m shocked at how quick your blog loaded on my phone .. I’m not even using WIFI, just 3G .. Anyhow, fantastic blog!

  4. Attractive element of content. I simply stumbled upon your blog and in accession capital to claim that I get actually enjoyed account your blog posts. Anyway I’ll be subscribing to your feeds or even I fulfillment you get entry to persistently rapidly.

  5. It’s appropriate time to make some plans for the longer term and it’s time to be happy. I have learn this publish and if I could I want to suggest you some fascinating issues or advice. Maybe you can write subsequent articles referring to this article. I wish to learn even more things approximately it!

  6. It is perfect time to make a few plans for the future and it’s time to be happy. I have read this publish and if I may just I desire to suggest you some fascinating things or suggestions. Perhaps you can write next articles referring to this article. I desire to learn even more things about it!

  7. Have you ever thought about including a little bit more than just your articles? I mean, what you say is fundamental and all. But think about if you added some great photos or video clips to give your posts more, “pop”! Your content is excellent but with pics and clips, this website could certainly be one of the best in its niche. Superb blog!

  8. Excellent goods from you, man. I’ve understand your stuff previous to and you’re just extremely fantastic. I really like what you’ve acquired here, certainly like what you’re saying and the way in which you say it. You make it entertaining and you still care for to keep it smart. I can not wait to read much more from you. This is actually a great website.

  9. Simply desire to say your article is as surprising. The clarity in your post is simply cool and i could assume you are an expert on this subject. Fine with your permission allow me to grab your feed to keep up to date with forthcoming post. Thanks a million and please continue the rewarding work.

  10. Greetings from California! I’m bored to death at work so I decided to check out your site on my iphone during lunch break. I really like the info you present here and can’t wait to take a look when I get home. I’m shocked at how quick your blog loaded on my mobile .. I’m not even using WIFI, just 3G .. Anyways, good site!

  11. Wonderful beat ! I wish to apprentice at the same time as you amend your site, how can i subscribe for a weblog site? The account aided me a acceptable deal. I had been tiny bit familiar of this your broadcast provided brilliant clear concept

  12. Hello There. I found your blog using msn. This is an extremely well written article. I’ll make sure to bookmark it and come back to read more of your useful information. Thanks for the post. I will definitely return.

  13. Good day! This is kind of off topic but I need some help from an established blog. Is it difficult to set up your own blog? I’m not very techincal but I can figure things out pretty quick. I’m thinking about creating my own but I’m not sure where to begin. Do you have any tips or suggestions? Appreciate it

  14. Hey there! I understand this is somewhat off-topic but I needed to ask. Does managing a well-established website like yours take a lot of work? I am completely new to writing a blog however I do write in my diary daily. I’d like to start a blog so I can easily share my experience and feelings online. Please let me know if you have any kind of ideas or tips for brand new aspiring bloggers. Appreciate it!

  15. First off I would like to say great blog! I had a quick question in which I’d like to ask if you don’t mind. I was curious to know how you center yourself and clear your thoughts before writing. I’ve had a difficult time clearing my thoughts in getting my thoughts out. I do take pleasure in writing but it just seems like the first 10 to 15 minutes are usually lost simply just trying to figure out how to begin. Any ideas or hints? Thank you!

  16. Just wish to say your article is as astonishing. The clearness in your post is just nice and i could assume you are an expert on this subject. Fine with your permission let me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please carry on the rewarding work.

  17. When I originally commented I clicked the “Notify me when new comments are added” checkbox and now each time a comment is added I get three emails with the same comment. Is there any way you can remove me from that service? Thanks a lot!

  18. My developer is trying to persuade me to move to .net from PHP. I have always disliked the idea because of the expenses. But he’s tryiong none the less. I’ve been using WordPress on numerous websites for about a year and am worried about switching to another platform. I have heard great things about blogengine.net. Is there a way I can transfer all my wordpress posts into it? Any help would be really appreciated!

  19. Hello there, just became aware of your blog through Google, and found that it is truly informative. I am gonna watch out for brussels. I will appreciate if you continue this in future. Lots of people will be benefited from your writing. Cheers!

  20. Excellent site you have here but I was wondering if you knew of any discussion boards that cover the same topics talked about in this article? I’d really love to be a part of group where I can get opinions from other knowledgeable people that share the same interest. If you have any recommendations, please let me know. Many thanks!

  21. Do you mind if I quote a couple of your posts as long as I provide credit and sources back to your blog? My blog is in the very same area of interest as yours and my visitors would truly benefit from a lot of the information you present here. Please let me know if this ok with you. Many thanks!

  22. Казино всегда предлагает выгодные акции.: balloon игра – balloon казино официальный сайт

  23. Admiring the persistence you put into your blog and detailed information you provide. It’s great to come across a blog every once in a while that isn’t the same old rehashed material. Excellent read! I’ve saved your site and I’m adding your RSS feeds to my Google account.

  24. balloon казино официальный сайт balloon game Попробуйте выиграть РЅР° автомате Ballon!

  25. With havin so much content do you ever run into any problems of plagorism or copyright infringement? My blog has a lot of completely unique content I’ve either written myself or outsourced but it appears a lot of it is popping it up all over the internet without my permission. Do you know any methods to help prevent content from being ripped off? I’d genuinely appreciate it.

  26. Казино всегда предлагает выгодные акции.: balloon game – balloon казино демо

  27. Казино — РјРёСЂ азартных приключений.: balloon game – balloon казино официальный сайт

  28. Обнаружьте новые стратегии РЅР° автомате Ballon.: balloon game – balloon game

  29. balloon игра balloon game Автоматы Ballon поражают своей красочностью.

  30. Казино — это место для больших выигрышей.: balloon игра – balloon игра на деньги

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *