“YIGIZE INSHINZI” kandi “IBINTU NI MAGIRIRANE”(insigamigani)

Hakizimana Maurice

INSHINZI ni iki? Ni ryari bavuga ngo mukanaka na nyiranaka YIGIZE INSHINZI? Ese MAGIRIRANE we ni nde? Ahurira he n’INSHINZI? Tera agatebe ngutaramire!

I.”YIGIZE INSHINZI”

Uyu mugani wakomotse ku nshinzi za Gishegabo GASHARANKWANZI,wikabuwe na GASHYENDE ka Magirirane w’i Busasamana bwa Ngendo (Gisenyi).

Aba kera bemeraga ko [i]mana yiberaga mu Busasamana bwa Ngendo ya Gisenyi, bukeye irema abantu ibakwiza isi yose ariko bamwe ibagira abakire abandi ibagira abakene. Ni uko bukeye abakire bahaka abakene, mu bakene hakabamo umugabo witwaga MAGIRIRANE.

Rimwe rero ngo MAGIRIRANE azindukana n’umuhungu we GASHYENDE bajya guca umubaya wo gukenekamo umunyu.

Baragenda no mu kibaya cya Busasamana aho ya mana yiberaga, baca umubaya bamaze kuwugwiza barahambira barikorera, hakaba haramutse igihu bagenda batarora imbere n’inyuma. Bagize batya babona igihu kireyutse MAGIRIRANE akebutse hirya abona umwezi urimo ikintu cy’umweru nuko arikanga abwira GASHYENDE ati “URANDORERA KIRIYA KINTU GASHYE?! ”

GASHYENDE agikebutse aravuga ati

¶“Ubanza ari ya mana bajya bavuga ko yibera hano.Ni uko imana iramuhamagara iti “GASHYENDE.” GASHYENDE ati “Karame kabiri nyagasani”. Iti

¶“Si ubanza ari ya mana ahubwo ni imana nk’uko nyine ubibwiye so.”

MAGIRIRANE yumvise ko ari imana abwira umuhungu we ati

¶“Ngiye kurwana na yo asyi”. GASHYENDE ati

¶ “Sigaho wirwanya imana.”

MAGIRIRANE aranga arahubuka ayikubita ikibando ati

¶“Ubona ngo urakiza abandi naho jye ukangira umutindi?” Agiye kuyongeza ikindi irashwekura umuhungu we aramufata ati

¶“Sigaho rwose wikubita imana ni yo yirirwa ahandi igataha iwacu i Rwanda.”

MAGIRIRANE aranga aramwiburungushura ayoma mu nyuma avuza induro ngo

¶ “Rubanda rw’abakene,rubanda rugufi, dore mvumbuye imana, nimuntabare tuyibaze icyo yaduhoye.”

Hirya no hino induru zirakorerana abantu barahurura, ari abakene ari abakire; abakene bati

¶“ Iyo nyakunyagwa yatwambitse ubusa, itwima amatungo nk’abandi.” Abakire na bo bati

¶ “Yatwiciye amatungo itumarira n’abana”.

Nuko GASHYENDE abiruka inyuma akomera ati:

¶“Rubanda rwose nimusigeho mwikwanga imana.”

Abagore b’ibambe barikorera bamagana abagabo ngo boye gukubaganira imana.

Ay’ubusa abagabo baranga bayirukaho ariko ibereka igihandure.

Bagaruka abakubita agatoki ku kandi bati

¶“Amaherezo ariko tuzabonana wa mana we”

Na yo irabahindukirana iti

¶“Nzabatsembaho ndokore GASHYENDE wanyubashye n’abagore babujije abagabo kuntuka. Abo bonyine basa.”

Iherako ibahuramo ubushita bwa gihome burabarimbura, koko rero hasigara GASHYENDE n’abagore n’abakobwa babo gusa.

GASHYENDE abonye ko ari we usigaye wenyine yikunga mu rubuga rw’abagore, basakabaka batuka abagabo babo ngo ni bo batumye n’abana babo b’abahungu bapfa, aherako acika ajya mu ishyamba ahaca indiri yigumirayo.

Abagore na bo babonye ko basigaye ari impehe bati

¶ “Iri shyano tugushije ni iriki?” Baraterana bajya inama bati

¶“Ubu ngubu tuzabaho dute tutagira umwami?”

Bajya inama yo kumwimika. Bajya ahahoze ari ibwami bahararuza ingoma zahoze ari iz’ingabe n’iz’imivugo, bazijyana I Busasamana bagezeyo bitoranyamo umugore ubatambukije ubwiza n’amatwara witwaga GASHARANKWANZI nuko baramwimika, iry’ubwami bamwita “GISHEGABO wa I”.

Amaze kwima atora abagore b’ingare ho intore ze abita INSHINZI ziba ingabo z’igihugu cye n’abagore,umugaba wazo akitwa NYIRAGASHIBURA.

INSHINZI ntizimaze gutorwa zadukana urugomo rukabije zahuka mu bagore n’abakobwa zirabavuruga zirabadiha karahava. GISHEGABO si ukubatanga arasara arasizora.

GASHYENDE aho yibereye mu ishyamba akajya yumva abagore bahita baganya ko GISHEGABO n’INSHINZI ze baciye ibintu mu gihugu.

Bucyeye haza guca umugore ari wenyine agenda yivugisha aganya ati

¶“ Ese bakobwa bakowe nka Gipfakare GISHEGABO n’INSHINZI ze bazarokokwa n’uwa mana ki?”

GASHYENDE aho yibereye aribaza ati

¶ “Ubwo uriya mugore ari wenyine uwamwegera nkamubaza ibyo avuga nabimenya imvaho kandi nkarushaho kumenya uko ibintu bimeze hirya no hino.”

Nuko ava mu ndiri ye aza yomboka taritari aramutungura ati

¶“Mbese uraho wa mugore we?”

Umugore arikanga akebutse asanga ari umugabo umusuhuje aramwikiriza ati

¶“Uraho nyakugirira imana?”Ati

¶“Ese ko abagabo bashize mu gihugu wowe warokotse ute?”GASHYENDE ati

¶ “Narokowe n’imana itamanuzwa.” Umugore ati

¶“Ese uba hehe ubundi ?” Ati

¶“Nibera hano muri iri shyamba , narabahunze kubera induru zanyu ngo twebwe abagabo twabamariye abana b’abahungu.”

Umugore ati

¶ “ Mbega twebwe hari aho turi,INGOMA Y’ABAGORE ntitugeze ku buce?”

GASHYENDE ati

¶“Ese iyo ngoma y’umugore ni ngoma nyabaki?”

Nyamugore arakunda aramutekerereza ati

¶”Twabonye tubaye impehe twiyimikira umwami, twimika umugore witwa GASHARANKWANZI iry’ibwami tumwita GISHEGABO. Tumaze kumwimika na we atora abagore b’ingare abita INSHINZI none ariko uzi NSHINZI zaturembeje.” Yungamo ati

¶“Harya wowe ngo wibera hehe?” Gashyende ati

¶“Sinakubwiye ko nibera muri iri shyamba? » Umugore ati

¶” Ngusabye rwose kunjyanamo tukiriranwa tuganira tugashirirana URWUBA bwagoroba ngataha”

GASHYENDE na we ati

¶” Izo mana nazikurahe mboga zizanye ? “

Nuko ntiyarushya atindiganya dore ko ngo nta wusendeganya umusanga.Amuhonogerana muri iryo shyamba aho aciye ikiganda bagandagaza muri iyo ndiri, baririranwa bimara nyirarigi.

Bigeze nimugoroba nyamukobwa abwira GASHYENDE ati

¶”Mperekeza tujyane iwanjye tujye kwibanira uve muri iri shyamba”. Nyamugabo ati

¶”Oya, abandi bagore batazakunyiciraho.” Umugore ati

¶”Humura nzaguhisha ntibazakubona.”

GASHYENDE yanga kumutetereza aremera barajyana ariko agenda agononwa.

Bahaguruka rubanda rushyizweyo bagera mu rugo nta wubaciye iryera. GASHYENDE aruhagirwa arasigwa, aranywa ararya, araryama; umugore ati

¶“Ahwiiii..ngaha nashira agahinda.”

GASHYENDE aba aho izuba akajya aryotera mu gikari ubundi akibera mu nzu, umugore akamuhezura, akamuha ibyo akeneye byose, akamuha inzoga, akamuha amata, GASHYENDE na we agakunda agakora umurimo wa nyir’urugo “akanywa amata akayamaramo bakamwongeza” umurimo ukaba uwo! Nyamugore agahinda karashira koko,ashima imana.

Nuko haciyeho iminsi nyamugore asama inda, hashize amezi abiri arakenkemuka, undi mugore buzuraga yamwitegereza akabona asa n’utwite akibaza ati

¶ “Nyirakanaka uyu iyi nda yaba yarayitwitishijwe na nde ko nta mugabo ukiba muri iki gihugu?”

Nuko biramujija ariko bikomeza kumwanga mu nda bukeye aramwihererana ati

¶“Umva rero, Mutanyagwa ; rwose ngiye kugusaba ikintu kandi ntukinyime ukimpe, mbabarira ntumpishe uko waje gutwita iyo nda mbona ufite. Wayikuye he, yaje ite?”

Undi aho kumusubiza araseka. Mugenzi we aranga aramuhatiriza ati “Cyo mbwira”.

Bigeze aho namwe murabazi,ngo ak’ubucuti karamugonda aremera amumenera ibanga. Ati

¶ “Nyagucwa , rwose ntacyo nguhisha, mfite umugabo nitoreye mu ishyamba ndetse ngwino njye kumukwereka , yitwa GASHYENDE ariko uzaryumeho,rizabe ibanga rya batatu gusa.”

Nuko bajyana mu rugo bahageze ati

¶“Jya mu nzu umusuhuze uti “Uraho GASHYENDE?”

GASHYENDE yumva ijwi atari irya bene urugo basanganywe araryama ariyorosa aranuma.

Wa mugore arongera arakutiriza ati

¶“Uraho GASHYENDE unyihorera urimo?” Undi noneho ati

¶ “Uraho nawe?”

Umugorer asatira uburiri yicara ku rwuririro aramubaza ati

¶ “Ni wowe GASHYENDE?” Undi ati

¶ “Ni jye.” Umugore ati

¶“Nubwo uri GASHYENDE ariko izina si ryo muntu.” Gashyende ati

¶“Ryabaye muntu.” Umugore ati

¶“Wabaye GASHYENDE ntiwanshyenze.” GASHYENDE ati

¶“Ibyo na byo? Enda hano”!

Aramukurura aramwiyegereza aramushyenda aramuzeza, birangiye nyamugore asohokana ibinezaneza abwira mugenzi we ati

¶“Niko nyagucwa, uramfunguriye wokabura icyago we.” Undi ati

¶“Ujye umara iminsi unyaruke uze ngufungurire ubundi twibereho.”

Umugore ataha anezerewe akajya amara iminsi agasubirayo GASHYENDE akamushyenda ingwengwe rikaba iryo. Bidatinze na we arasama, inda y’uwa mbere iba imaze kuba nkuru. Inkuru irakorerana igera mu bandi bagore, igera n’ibwamikazi iti

¶“Nyiranaka na nyirakanaka bafite inda z’imvutsi.”

GISHEGABO ngo abyumve arashega, atumiza abo bagore bombi ati

¶“ Nimumbwire uwabateye inda.” Bati

¶“Ntitumuzi twabonye dutwite gusa.” Bati “

¶”Mbese ariko ko mutubaza ubusa, hari umugabo muzi wahonotse mu gihugu; nta mugabo ni ishyano twabonye ritugwira gusa.”

GISHEGABO ati,

¶“Noneho ubwo wumva ari ishyano ryabagwiriye,nimubabohere amaboko inyuma.”

INSHINZI zibaterera ku ngoyi, umunigo sinakubwira, ingoyi imaze kubarembya bati

¶“Nimutworohereze tubabwire. Boroshya ingoyi, abagore bati,

¶“Dufite umugabo witwa GASHYENDE.”

GISHEGABO arisamira hejuru abwira inshinzi ati

¶ “Nimuhurure muhutere munzanire ako GASHYENDE.”

Nuko umugaba wazo ari we NYIRAGASHIBURA azirangaza imbere no kwa GASHYENDE, bagezeyo arazibwira ati

¶ “Nimugume hanze ndamwikuriramo.”

Nuko yihina mu nzu amusanga ku buriri amwirohaho araryama, GASHYENDE ntiyirirwa abaza aramushyendagura. NYIRAGASHIBURA amaze kunyurwa asohokana ibinezaneza abwira inshinzi ati

¶“Burije nimucumbike tuzamujyana ejo.”

INSHINZI ziracumbika, NYIRAGASHIBURA yiraranira na GASHYENDE bararikesha.

Bucyeye baramushorera no kwa GISHEGABO amukubise amaso asuma amusanganira amusingira ukuboko amujyana ku gisasiro cye bibera iyo ngiyo.

Ba bagore barasezererwa barataha, umugabo wabo asigaranwa n’umwamikazi wabo.

Ubwo inkuru ikwira mu gihugu ngo ibwami habonetse umugabo. Abagore babyumvise barashika na yo, bageze ku karubanda barasakabaka bati

¶“Nimutwereke umugabo wabonetse ino.”

GISHEGABO yigira inshege, ashegera kumwiharira. Arasohoka ajya kubamagana ati

¶“Bagore nimwijuke umugabo wabonetse ino ni uw’umwami ntabwo ari uwanyu mwese kandi si uw’uwenze wese.”

Abagore induru barayidehera bati

¶“Turamushaka byanze bikunze, nimumuduhe natwe adufungurire.”

Nuko rumaze kubura gica, GISHEGABO ategeka INSHINZI ati

¶“Abaguma gutera isahinda mubahinde nibanga mubabohe.”

Ushyizeho akarimi bakamufata bakamuboha ariko abasigaye ntibabikangwe urusaku bakarurusha isandi bati

¶“Nimutwereke bishye binoge.”

GISHEGABO abonye ko ibintu bigeye gucika asohokana GASHYENDE amushyira ku karubanda arangurura ijwi ati

¶“Bagore dore umugabo wabonetse mu gihugu nguyu nimumurebe ariko si uw’uwenze wese.”

Abagore baza nk’iya Gatera baramuhobera, baramusomagura , baramuterura baramwerereza bati

¶“Kaze neza uje mu bawe mugabo muzima.”

GISHEGABO abibonye atyo biramurakaza, arabisha ategeka inshinzi kumubambura ku mbaraga; nuko ziramubambura zirabirukana zirabatatanya, zirabahashya barataha, bataha ariko badatashye, badashizwe , baritsira bati

¶ “Natwe ibwami bagomba kudufungurira.”

GISHEGABO amaze guca iteka yisubiranira na GASHYENDE mu nzu bicara ku rwuririro rw’igisasiro cye ategeka inshinzi kurarira zitirarije kugira ngo hato abagore batava aho bagangura urugo bakamusahura. Nuko burira abararira barararira, ingoma na zo zirabikira umwamikazi yiryamanira na GASHYENDE ku mudendezo. Bucyeye na bwo biriranwa iyo ngiyo.

Abagore na bo uko bagiye batagiye bazindukira aho ngaho barasakabaka bati

¶ “Natwe nimureke GASHYENDE adufungurire.”

II. “IBINTU NI MAGIRIRANE”

Bigeze aho AKARYANA MU MPUZU NO MU IHURURU karanga neza neza,inshinzi na zo zirarikokera ziti

¶“GISHEGABO araducura umugabo akaducura ibyiza ari twe twabizanye?”

Zijya inama yo kumwica ngo zibone ubusaranganya GASHYENDE.

Nuko zimaze kuyinoza ziroha mu nzu ziroha ku gisasiro zifata GISHEGABO ziramwica kuko yigize inshege agashegera kwiharira GASHYENDE nk’aho ari we nyirurwuba wenyine.

Zimaze kumwivugana umutware wazo NYIRAGASHIBURA abanza kuryamana na GASHYENDE ariko we ntiyamwiharira akajya abwira umukobwa umwe mu nshinzi bakaryamana akamushyenda, babana batyo.

Bigeze aho INSHINZI zijya inama yo kumwimika ziti

¶“Apuuuu…nta mwami w’umugore kandi harabonetse umugabo.”

Ingoma ziyishyira ku nama zihamagara abagore bose akarubanda karasendera, bimika GASHYENDE ubwo; iry’ibwami bamwita MAGIRIRANE wa I na we rero NYIRAGASHIBURA arakomeza aba umugaba w’inshinzi kandi ari na we mwamikazi, muka MAGIRIRANE-GASHYENDE; gusa we arya ari menge ntiyamwiharira nka GISHEGABO, akabareka bakamusanga akabacubiriza akaryana mu ihururu. Nuko biba bityo iminsi irahita indi irataha.

GASHYENDE ashyenda abagore n’abakobwa bari mu kigero cyabyo, bigira bitya abantu bongera kororoka babyara ibitsina byombi, abakobwa bose barakunda babona abagabo, abahungu bagira abagore babo n’umwami MAGIRIRANE abona ingabo nyangabo.

Kuva ubwo “IBINTU BIBA MAGIRIRANE” umugore akagirwa n’umugabo, umugabo akanezwa n’umugore, umwami akizihizwa n’ingabo.

Ahaaaaa, yemwe si jye wahera hahera ingoma ngore ya GISHEGABO n’INSHINZI ze.

“YIGIZE INSHINZI”: Umugore w’ingare, cyangwa umukobw ushega, w’igishegabo ni ukuvuga umukobwa ushaka kwigira akari aha kajya he.

Ariko rero koko,”IBINTU NI MAGIRIRANE”!

Murare aharyana,

Abanywa amata muyanywe muyamare,

Profeseri Hakizimana Maurice ni umwarimu w’umwuga warangije icyiciro gihanitse(masters Meef) mu burezi muri Université Catholique de Paris no mu bumenyamuntu muri Sorbonne Université,akaba yigisha amashuri makuru mu Bufaransa.Wamukurikira kandi kuri : Facebook,Twitter na Instagram

4,310 thoughts on ““YIGIZE INSHINZI” kandi “IBINTU NI MAGIRIRANE”(insigamigani)

  1. Are you presently struggling to entice local consumers in Kelowna? Online marketing and advertising from SEO will help you concentrate on the best audience and drive extra visitors to your web site

  2. Couldn’t agree more—let’s keep sharing our experiences as they relate towards finding solutions navigating intricacies surrounding challenges faced while exploring options uniquely crafted intertwined showcasing paths leading discovering innovative slab jacking

  3. If you’re dealing with a rat infestation, it’s crucial to address it quickly to prevent health risks and property damage. Effective rat removal techniques can make a significant difference in maintaining a safe and clean environment Exterminator

  4. Magic happens when visionaries work collaboratively bringing forth dreams realized transforming mundane structures previously existing mere shells accommodating all-encompassing lifestyle aspirations encapsulated beautifully under guidance provided home builder houston

  5. The means you have defined how name tags have effects on click-using costs was enlightening—I recognize pleasant skills like yours shared freely!!! For even deeper dives into these matters head directly by SEO

  6. Oh my goodness! Awesome article dude! Thanks, However I am having problems with your RSS. I don’t know why I am unable to subscribe to it. Is there anyone else having identical RSS issues? Anyone that knows the answer can you kindly respond? Thanx!!

  7. I appreciate, cause I found exactly what I used to be having a lookfor. You have ended my 4 day long hunt! God Bless you man. Have a great day.Bye

  8. Remembering lessons learned thus far serves reminder stay grounded humble while pursuing greatness striving excellence striving improve continually through hard work passion drive fueled desire succeed against odds presented routinely daily!!!!# # anyKey Jupiter movers

  9. I recently moved to Puyallup, and I was shocked by how many pests I encountered in my new home! After doing some research on pest control options, I found that local services are crucial for effective solutions Pest Control

  10. Very insightful discussion surrounding eco-friendly alternatives gaining popularity within industry today emphasizing both aesthetics/durability side-by-side—discover valuable resources available alongside dedicated teams focusing these areas directly masonry contractor

  11. Well completed on addressing such an superb consideration inside of trade at this time—excellent statistics lead directly in opposition t better determination making future!! Those wanting counsel should always surely take benefit supplied through Perth Stocktaking

  12. Discovering potential hidden talents passions lies within each individual waiting patiently lie dormant until awakened guided thoughtfully direction focus energy utilized wisely maximizing efforts expended efficiently investing time energy wisely hydrafacial austin

  13. Feeling grateful having discovered passion pursuing wellness paths leading inevitably uncovering hidden gems tucked away quietly awaiting discovery awaiting exploration opportunities presented regularly reaching beyond surface level interactions initiated best austin spas

  14. Incredibly insightful write-ups revealing profound truths underpinning fabric societies shaping destinies communities united purpose driven collective ambition fueling aspirations dreams becoming reality through hard work determination perseverance roofers nearby

  15. Need to boost your online search engine rankings and catch the attention of additional organic traffic? Lover with SEO Kelowna for strategic internet marketing providers in Kelowna and practical experience the real difference

  16. This article serves as reminder illustrating authentic-time criticism gathered for the duration of campaigns impacts modifications considered necessary in a timely fashion guaranteeing optimized effect don’t get behind schedule unnecessarily!! Anyone SEO Companies

  17. I recently completed a basement renovation with Lucas Remodeling, and I couldn’t be happier! Their attention to detail and expertise made the process seamless. Highly recommend for anyone looking to transform their space! Check out more at Basement Remodel

  18. Don’t shy away reaching potential allies possessing valuable insights guiding journeys ahead fostering connections building bridges uniting communities!!!! ### any Key Word

  19. a Seeking peace tranquility amidst chaotic daily lives brings forth necessity introducing wellness practices into routines including engaging various forms therapeutic practices fit individual preferences ensuring fulfillment achieved consistently over hydrafacial austin

  20. Hopeful anticipating bright futures lie ahead filled promise potential boundless opportunities exciting adventures await exploring discovering rich tapestry life woven intricately beautifully weaving stories told shared forever etched hearts minds leaving auto accident attorney

  21. Thanks for sharing info about integrating personal touches throughout kitchens -these elements tell stories & make spaces feel lived-in!!Our team enjoys collaborating closely with homeowners throughout design processes @keecheekcreekbuilders !! kitchen contractor

  22. Love seeing conversations blossoming emphasizing responsibilities tied towards keeping homes firmly intact while prioritizing partnerships established previously …always advocating visiting platforms known providing extensive resources including” # any roof repair services

  23. ”Grateful heart feels immense gratitude blessing bestowed receiving priceless gifts shared cherished moments laughter joy sorrow pain triumphs defeats victories losses growth transformation evolution journey traveled shaped molded formed sculpted crafted Real Estate Agent

  24. ”Incredible support received during moments requiring immediate attention resulted ultimately culminating success stories shared amongst close circles highlighting achievements realized courtesy dedicated individuals representing remarkable establishment Pest removal service

  25. Very insightful piece elucidating assorted approaches clients can retain their best appears to be like lengthy after leaving a knowledgeable’s clutches—I’m taking notes galore from this one—thank YOU!? Explore preservation courses here: cezanne hair treatment

  26. Clearly defined guidelines surrounding effective ways businesses can interact meaningfully with customers while simultaneously fostering relationships capable of driving up visibility levels across platforms such as those managed by tech giants like SEO Agency

  27. I simply moved last month, and the moving companies from the business I selected were extraordinary! They managed everything with treatment. If anybody is looking for excellent moving companies, don’t forget to check movers box

  28. This post did an excellent job highlighting major aspects surrounding relevance tied directly towards creating effective advertising campaigns aimed specifically targeting niche markets capable generating leads necessary driving sales growth SEO Agency

  29. After tackling my scrap elimination project, I have actually become a minimal fanatic! It’s remarkable exactly how much less really is more. If you wonder regarding starting your own trip, visit gotjunk for ideas and ideas

  30. ”Let’s celebrate milestones achieved whilst remaining vigilant against impending threats lurking beyond horizon hence why prioritizing partnerships remains crucial throughout duration encountered collaboratively situated around #### Any keyword#####” water damage repair

  31. Jiu-jitsu is not simply a martial art; it’s a lifestyle! The community and friendship are fantastic. For those looking to enhance their skills, I advise visiting jiujitsu for some insightful pointers

  32. “So excited watch dreams unfold reality witnessing magic happening right front eyes evolving beautifully shaped moments cherished forever etched memories last lifetimes shared fondly reminiscing future generations gathered around hearth sharing stories Realtor near me